Hamisa Mobetto yatunguranye avuga uburyo Diamond yamuteraga umwaku[AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 30, Oct 2018
Hamisa mobetto ni umwe mu bakobwa b’abatanzaniya bafite izina rikomeye mu kumulika imideli itandukanye, ariko kumenyakana kwe cyane ni mu gihe yari mu rukondo na Diamond Platnumz aho banabyaranye umwana, Uyu mukobwa ahamyako ubwo yari kumwe na Diamond yahoraga amutera umwaku ngo ntakazi gakomeye yari kubona bari kumwe.
Hamisa Mobetto ahamya ko mu gihe cyose yamaranye na Diamond byari imyaku gusa , ariko ngo kugeza magingo aya arashima Imana kuba abadacana uwaka kandi afite ubuzima bwiza , akanabona akazi gatandukanye hanze ya Tanzania ugereranije n’igihe yumvikanaga ari kumwe na Diamond mu rukundo.
Hamisa ubu ari kubarizwa muri Amerika i Texas mu rwego rwo kugaragaza Club ,aganira n’itangazamakuru rya Tanzaniya yabahamirije ko impamvu nta kazi yabonaga cyera hose ngo wari umwaku yaterwaga na Diamond.
Hamisa ati”urabona ubu njye ndikubona akazi kenshi kandi keza,ibintu bituma nishima nkatangara cyane,aya mahirwe ntabwo nayabonaga mbere ndikumwe na Diamond mu rukundo,mbega wagirango nari ndoze n’imyaku myinshi ,ariko ubu nyuma yo kumureka burundu amahirwe niyo gusa,mbese imyako ntayo ngifite”.

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *