skol
fortebet

Ibintu 7 biza ku isonga umukobwa yitaho kureba ko ufite igihe abona umushaka.

Yanditswe: Thursday 15, Jul 2021

featured-image

Sponsored Ad

skol

Iyo umusore yegereye umukobwa bigaragara ko ashaka kumutereta cyangwa amushakaho urukundo hari ibintu we ahita yitaho kureba niba ubifite birimo kuba aseka neza , afite igihagararo ndetse n’ibindi.

Sponsored Ad

Ubu busesenguzi yihutira gukora mu minota mike abakobwa n’abagore benshi babuhuriyeho.

Ntabwo butwara igihe kinini akwigaho ahubwo bifata igihe gito gishoboka.
Ibi bintu bukurikira abakobwa n’abagore babyitaho iyo muhuye akabona ko hari icyo umushakaho:

1.Imiterere y’umubiri wawe

Imiterere y’umubiri wawe iba ivuze ikintu kinini kuri we. Abakobwa n’abagore benshi bakunda umusore wubatse umubiri.
Bityo rero iyo muhuye yita kureba ibiro byawe n’ingano yawe.

2.Isura

Iki ni igice abakobwa n’abagore bakunda kwitaho.
Iyo abonye ufite mu maso hakurura atangira kukwiyumvamo kabone n’ubwo waba uri muto muto.
Iyo abonye ufite mu maso hagaragara nabi kukwiyumvamo biva kure.
Mu bintu yita kureba mu maso harimo ubwanwa, amaso, umusatsi, umunwa,…

3.Uko ugaragara

Hano harimo uko wifata, uko ukora umusatsi, imigaragarire yawe muri rusange.
Hano kandi n’imyambarire nayo ayitaho cyane.

4.Icyizere

Ucyivuga ijambo rya mbere riba rihagije guhita icyizere wifitiye kigaragara.
Buri mukobwa cyangwa umugore akururwa n’icyizere yakubonyemo.

5. Ibiganiro

Igihe utagira ibiganiro ngo abyishimire kukwiyumvamo biba biri kure kabone n’ubwo yaba yanyuzwe na bimwe byavuzwe ruguru.
Nta mukobwa cyangwa umugore wifuza ikintu kimubangamiye.

6.Gusetsa
Abakobwa bakunda umuntu ubaganiriza bakishima. Igihe ugira ibiganiro ushobora kumusetsa biroroha kwigarurira umutima we.

7.Inseko
Uburyo useka kuri we abona koko niba uri umwizerwa cyangwa uri indyarya.
Iyo akubonamo ko wakwizerwa byoroha kukwiyegurira.

Wowe wibwiraga ko umukobwa cyangwa umugore afata igihe kinini akwigaho siko bimeze ahubwo atangira bwa mbere mugihura.

Ibi rero bakaba byafasha wowe ugiye kwinjira cyangwa ugiye gushaka umubano n’uko wakwitwararika.
Refe:elcrema.com

Ibitekerezo

  • Ndahamyako abakobwa cg abagore Bose siko ibyo byose babyitaho cyanecyane ngo kuba umusore yarubatse umubiri. Ubwose babasore ba mbavu ntoya bo ntibakundwa???

    Nibiki umusore yitahi kureba iyo ashaka umukobwa

    Uvuze ukuri kuko uwontereta niko yabanje kungeza ahubwo njye nkagira ngo nukungenzura

    kocakakureba amanota yumunyeshuri wintwa murerwawase oriva

    Nonese umukobwa wagukunze wamubwirwa n’iki?

    UKONIKO BIMEZE.

    Thanks, God bles u.

    Thanks, God bles u.

    notonly , the physical appearance is one thing that attract sameone, especially Girls

    Ukowitwayeniko akubaha

    GUTERETA_
    BISABA _
    KWITWARARIKA PE!

    Bimw nivyo

    Ibi ni ukuri Rwose imyitwarire yumusore bwa mbere kuri wowe ishobora kukwemeza urukundo,kdi umuhungu ukwisanzuraho byoroshye kugushobora,gusa kuba wamukoraho ubugenzuzi bworoheje nabyo ni ingenzi,nka : family backgrond,birthday,group Sanguin,nuveau d,etude,idini rye,...

    Igituba kinini

    Ivyomuvuze n’ukuri vrnt ndamaze kubigenzura cane icambere kibakurura nikiganiro kirimwo kubanezereza pe!Umukobwa uhumwanya ukamunezereza mudukorwa dutandukanye iyakubuze yamayipfuza ko mwosubira guhura nawe nubwo yoba yarubatse.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa