skol

Ibyagizwe amabanga hagati ya Queen Cha na Bad Rama byamenyekanye

Yanditswe: Monday 02, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Bad Ram yatangaje ko Queen Cha yiyogereye kuri Marina na Safi babarizwa muri The Mane.
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Queen Cha yamaze kwiyongera ku bahanzi barimo gufashwa na The Mane nyuma y’ igihe gito hahwihwiswa amakuru avugako afashwa na The Mane gusa umuyobozi mukuru agahakana amakuru avugako ari inshuti yabo ntamasezerano bafitanye.
Kugica munsi cyo kuriki cyumweru nibwo umuyobozi mukuru wa Tha Mane Bad Rama yatangaje ko Queen Cha yingongereye ku (…)

Bad Ram yatangaje ko Queen Cha yiyogereye kuri Marina na Safi babarizwa muri The Mane.

Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Queen Cha yamaze kwiyongera ku bahanzi barimo gufashwa na The Mane nyuma y’ igihe gito hahwihwiswa amakuru avugako afashwa na The Mane gusa umuyobozi mukuru agahakana amakuru avugako ari inshuti yabo ntamasezerano bafitanye.

Kugica munsi cyo kuriki cyumweru nibwo umuyobozi mukuru wa Tha Mane Bad Rama yatangaje ko Queen Cha yingongereye ku bahanzi yarasanzwe afite mu nshingano zo gufata mu gihe bari bavuye hanze y’imipaka y’ u Rwanda gukorerayo indirimbo zitandukanye zizajya hanze mu gihe cya vuba nkuko yabivuze .

Yagize ati “The Mane twungutse undi mwana Queen Cha “

Queen Cha ni umwe mu bahanzikazi nyarwanda bakunzwe mu ndirimbo zitandukanye zirimo Ishusho y’urukundo , Icyaha Ndacyemeye , Alone ,Umwe rukumbi ndetse n’ izindi ,yafashijwe n’ inzu y’ Ibizumizi mu mwaka w’ 2014 bamwe bemeza ko ariyo yazamuye impano ye yo kuririmba ikamenyekana mu Rwanda .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa