Imyambarire igezweho ubu irimo gutuma bamwe bafunga amaso! Irebere [ AMAFOTO]
Yanditswe: Sunday 06, May 2018
Umugabane wa Afurika ni umwe ugizwe n’imico, imyumvire ndetse n’imibereho isa nkaho ijya gutandukana cyane, aha twavuga nko mu myambarire , aho usanga bamwe bambara bakikwiza abandi bakambara impu cyangwa ibitenge gusa kuri ubu bihabanye ibyahise kuko ubu umuntu agenda yarangaje bimwe mu bice by’ ibanga aho bamwe babyita ibugezweho.
Kugeza ubu aho iterambere ryaziye usanga bamwe barataye umuco wa kinyafurika maze bakaduka uw’abazungu umuntu atatinya kuvuga ko ari urukozasoni, muri iyi nkuru twabateguriye imwe mu myambarire iteye umujinya irimo igaragara muri Afurika hirya no hino.
Abazungu ntago mu bukuri batuzaniye ibintu bibi gusa ahubwo hari n’ibyiza cyane ko ari nabo batuzaniye imyenda, none twayihinduyemo ibyo twishakira.
Dore imwe mu myambarire y’idakwiye irimo kugaragara muri Afurika.
Ibitekerezo
Aba nibo batuma imvura itagwa yanagwa ikamara abantu.
Uwampa tel zuriya wnamye