skol
fortebet

Knowless Butera akomeje kugaragaraho ukunanuka kudasanzwe bikomeje no gutangaza abantu batari bake(AMAFOTO)

author-image

Yanditswe na: Martin Munezero
Kuwa: Sunday 04, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne d’Arc uzwi ku izina rya Butera Knowless akomeje kwibazwaho n’abantu batari bake bamukurikiranira hafi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bitewe n’uburyo akomeje kugenda agaragaza ukunanuka kudasanzwe buri uko bukeye.
Knowless Butera ubu wamaze no kugira inshingano z’urugo ataramenyereye,mu mafoto akomeje gushyira hanze nyuma yo kwibaruka agaragaza uburyo yagiye ananukamo mu buryo bugaragarira buri wese ndetse bikagenda bitangaza n’abantu batari bake (…)

Umuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne d’Arc uzwi ku izina rya Butera Knowless akomeje kwibazwaho n’abantu batari bake bamukurikiranira hafi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bitewe n’uburyo akomeje kugenda agaragaza ukunanuka kudasanzwe buri uko bukeye.

Knowless Butera ubu wamaze no kugira inshingano z’urugo ataramenyereye,mu mafoto akomeje gushyira hanze nyuma yo kwibaruka agaragaza uburyo yagiye ananukamo mu buryo bugaragarira buri wese ndetse bikagenda bitangaza n’abantu batari bake bari basanzwe bamuzi.

Aha umuntu akaba yakwibaza icyaba kiri kumunanura bitandukanye n’abandi bakobwa usanga iyo bashatse babyibuha cyane.

Nkuko bigaragara kuri iyi Foto’mu buryo bugaragarira amaso Knowless yarananutse cyane bitandukanye nuko yarameze mbere atarashaka

Knwowless Butera akaba yarashakanye na Ishimwe Clement nawe umenyerewe mu gutunganya indirimbo z’abahanzi hano mu Rwanda unafite inzu awutunganyirizamo izwi nka Kina Music ndetse bakaba baheruka kwibaruka umwana wabo wa mbere w’umukobwa bivugwa ko nubundi bashakanye yaramuteye inda yuwo mwana babyaranye.

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • ariko kunanuka cg kubyibuha ibyo nicyibazo ?ubu umuntu ashobora kubyibuha cg kunanuka ntagitangaje kirimo kandi burya ntawe uhora abyibushye.

    Knowless bakureke rwose uri keza no kunanuka gutyo birakubereye

    But nange ndumva ibyo kubyibuha no kunanuka Atari sujet mwacommentho!!!

    Rwandan media, mujye mwandika ibintu bifasha public, kubwo kubwibuha cyangwa kunanuka kumuntu twebwe abasoma bidufasha iki kweli?Niba ariko abishaka icyibazo kirihe?

    Njye ntangajwe nawe munyamakuru w’imburamukoro ufata uyu mwanya ngo aha nawe uratangaza inkuru. Kubyibuha se ni umushinga nyabaki koko? Abarwayi dufite babitewe no kubyibuha uzi uko bangana?? Ahubwo knowless azi ubwenge ureke abagore bacu babyara bakirohamo ibikoma byuzuye amasukari ugasanga avuye ku kiriri asa n’uwariwe n’inzuki ubundi mugatangirana n’imiti ya diabete. Ahubwo big up knowless abagore bakwigireho, kubyara no kubyibuha bareke gukomeza kubyitiranya no kubigira ihame

    Sinumvise se ngo abana n’ubwandu ? Nta cyaba gitangaje rero

    wasanga urugo rwaramubereye umurakare

    Kubyibuha bisigaranye mwe kuzuza amazirantoki munda ngo urabyibushye se bimaze iki mushatse mwahindura imyumvire umuzungu ubyibushye ahita depressed namwe mwirirwa mwambariye muntuza nta mikandara ibakwira mutegereze strock na za obesity umwana wataye ibiro ahacana umucyo

    Andika Igitekerezo Hano ariko ntimukabe nkabana uko umuntuw’ igistinagore yarameze mubukumibwe ntabwo yabyabyara ngo akomeze kuba nkukoyar’ ameze arinkumi nonese nkubaze! yabur’ umuhema acaunt y’ urayizi? itondesha!

    Buriya wasanga umugabo arara amucyamura
    Kuko ntakindi gituma umugore ananuka iyo umugabo we atamujogora

    Buriya wasanga umugabo arara amucyamura
    Kuko ntakindi gituma umugore ananuka iyo umugabo we atamujogora

    yamaze ese ko muba mumureburuzwa nimpuhwe muba mumufitiye ra muri babi kdi niyo zaba izindi mpamvu ejo nimwebwe gusekana kubijyanye numubiri mujye mubyitondamwo

    Andika Igitekerezo HanoUmugore iyo amaze kubyara akananuka bavuga ka atashime urugo Muri make ntabwo aba ari comfortable. Clement ni wowe ubwirwa!

    Andika Igitekerezo HanoUmugore iyo amaze kubyara akananuka bavuga ka atashime urugo Muri make ntabwo aba ari comfortable. Clement ni wowe ubwirwa!

    Ntawemenya impamvu ariko nanone mwibuke ko yahinduye ubuzima,may be ntaramenyera cg kirimenti akaba atamufashe neza!!

    Ntawemenya impamvu ariko nanone mwibuke ko yahinduye ubuzima,may be ntaramenyera cg kirimenti akaba atamufashe neza!!

    Nibibazo byurugo

    Andika Igitekerezo Hano Yarabyaye abura umuhemba ntabyo mwamenye?

    Kunanuka ku, umuntu nta mpamvu yo kubyibazaho , wenyine gusa niwe ufite impamvu.

    Kunanuka ku, umuntu nta mpamvu yo kubyibazaho , wenyine gusa niwe ufite impamvu.

  • 1
  • 2

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa