skol
fortebet

Mfite imyaka 34 nkaba maze kubyara gatatu, ese nshobora guca imyeyo bigakunda?Mungire Inama pe kuko umugabo amereye nabi

Yanditswe: Sunday 11, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Muraho abo kuri uru rubuga, ndi umubyeyi w’abana 3, mfite imyaka 34 y’amavuko, nagiye nsoma inkuru nyinshi kuri uru rubuga zo guca imyeyo (gukuna) nabazaga niba kuri iyo myaka nanjye byakunda.
Ikibazo nagize mu bwana bwanjye nabyirukiye hanze y’igihugu cyacu cy’u Rwanda kubera amateka, nagarutse nkuze sinabyitaho ariko nyuma yaho nshakiye umugabo, nawe akunda kubimbwira, ambaza impamvu ntaciye imyeyo.
Umugabo wanjye ahora abimbwira, nkabona ko binkundiye bigashoboka byamunezeza, mungire (...)

Sponsored Ad

Muraho abo kuri uru rubuga, ndi umubyeyi w’abana 3, mfite imyaka 34 y’amavuko, nagiye nsoma inkuru nyinshi kuri uru rubuga zo guca imyeyo (gukuna) nabazaga niba kuri iyo myaka nanjye byakunda.

Ikibazo nagize mu bwana bwanjye nabyirukiye hanze y’igihugu cyacu cy’u Rwanda kubera amateka, nagarutse nkuze sinabyitaho ariko nyuma yaho nshakiye umugabo, nawe akunda kubimbwira, ambaza impamvu ntaciye imyeyo.

Umugabo wanjye ahora abimbwira, nkabona ko binkundiye bigashoboka byamunezeza, mungire inama, murakoze.

Nyuma y’ubu butumwa bugisha inama,Umuryango.rw wavuganye na N.Eugenie, umugore w’umuvuzi gakondo ufasha abakobwa n’abagore guca imyeyo akanatanga imiti ituma abagore bagira amazi (amavangingo) mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, adutangariza ko byashoboka.

Agira ati “Birashoboka cyane, yayica bigakunda kuko si uwa mbere cyangwa uwa kabiri naba mfashije kandi bigakunda, yego ntabwo agwiza vuba nk’uwayiciye akiri muto ariko birashoboka”.

Abajijwe igihe byafata, yasubije muri aya magambo “ntiwavuga ngo ni ejo cyangwa ejobundi, mu buzima iyo witaye ku kintu icyo ari cyo cyose kirashoboka kandi vuba, imishino ishobora gufatika mu gihe gito bitewe n’umubiri we uko woroshye, ibiro bye, cyangwa nuko nawe abyitaho akabikora kenshi anabyitaho”.

Nubwo hari abavuga ko imihango nk’iyi ari iy’abakera, ingo nyinshi usanga zisenyuka biturutse kuri izi ngingo, guca imyeyo, kutagira amazi k’umugore mu gihe cy’akabariro, umugabo urangiza vuba nibindi..

Niba nawe hari inama waha uyu mubyeyi ubyaye 3, watanga igitekerezo kuri iyi nkuru

Ibitekerezo

  • Njye mfite ubuhamya bwuwo babikoreye bigacamo ubu murugo bimezeze neza.Wabariza kuri iyo no 0784302217 bagufasha.

    uzabwire umugabo wawe mugihe arimo gutera akabariro ajye abikurura bizaza

    Mama we niba ushaka kubimenya neza wambaza kuko nkuruta kandi nkaba mfite aho mbigejeje mbikora

    Mama we niba ushaka kubimenya neza wambaza kuko nkuruta kandi nkaba mfite aho mbigejeje mbikora

    Ese uwashaka kubonana na N.Eugenie yamubona gute? ntimwaduha contact ze?

    N.Eugenie umuntu amushaka yamubona gute? ntimwaduha contact ze?

    Inama zirakenewe!!!!

    Muduhe Address zuwo N.Eugenie utanga umuti kubagore batagira ububobere ! murakoze

    Mugore, nange ndi umugabo wubatse, nange nkunda umugore uciye imyeyo. Niba hari ikiryohera umugabo ku isi, ni ’umugore’ ariko akarusho, ’uwaciye imyeyo’ n’ubwo n’undi nawe atoroshye. Kuko bombi mbazi nabagereranya n’amata n’ubuki. Nkunda amata, ariko ubuki mbukunda kurushaho. N’ubwo njya numva ngo hari abagabo badakunda imyeyo, ariko niba uwawe ayikunda urumva ko ari inshuti yange, UZAYIMUCIRE. N’ubwo bibabaza ariko humura uzakira. Kandi nyuma y’ibyo uzatubwire uko byakugendekeye. Maze, uzabaze igipimo gikwiye utazaca byinshi bikakuvuna kuko nabyo bigira igipimo nk’ibindi byose.

    HhHhhh

    Ese umuryango wadushakiye contact za Eugenie

    Abashaka number ya Eugénie ni 0785094779 atagufashije uzanyandikire:
    [email protected]

    Rwose nibyo abatarabikoze bagerageze ni byiza.

    Rwose nibyo abatarabikoze bagerageze ni byiza.

    Fata amavuta yinka akuze ushake intobo zihishije cyane ushake icyatsi bita umukuzanyana ubivange burimusi ukabikoresha birakunda imishino iraza ikindi ugomba kumenya imishino yuzuye iba ireshya nurutoki rwa musumba zose

    Nimureke kujya muzana amafuti kuri uru rubuga. Guca imyeyo cyangwa kutayica ntacyo byongera ku buryohe umugabo ashaka. Byose bituruka mu mutwe, kandi bigaterwa n’umubano mwiza cyangwa mubi mufitanye mu rugo.

    Burya rero nta kintu kidashoboka mu buzima. aha kandi kuryoherwa mu mibonano mpuzabitsina nayo yongera urukundo mu bashakanye iyo bibaye byiza njyewe nasanze burya umugore utanyara cyanga se umugabo udatera akabariro neza nawe ahura n’ikibazo mu rukundo rwe kabisa bityo rero; abagabo cg umugore bafite akabazo mu rukundo ko kudatera akabariro neza yahamagara cg kuri whatsapp kuri izi number tukamufasha: 0783867334 cg se ukaduhamagara kuri 0722061537 ugakira burundu maze urukundo rugasagamba mu rugo iwawe.

    NABISHYIREMO AGATEGE BIZAKUNDA MURAKOZE.

    Murakoze muduhe contact za Augenie

    Bjr! Ese umukobwa iyo Ari guca imyeyo, akurura umushino umwe gusa? Cg ayikurura yombi?
    Niba Ari umwe akurura uwo kuruhe ruhande? Murakoze!

    Najye nkunda umugore uciye imyeyo.

    Nashyiremo ibmaragabizakunda,Murakoze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa