skol

Mr Ibu yatangaje impamvu akundwa n’ abagore benshi

Yanditswe: Tuesday 06, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Mr ibu yatangaje Impamvu nyamukuru akundwa n’ abagore benshi ari uko azi gutera akabariro neza ,ndetse arya indyo nziza kandi zuzuyemo intungamubiri zikenerwa n’ umubiri.
John Okafor Umukinnyi wa cinema ukomeye muri Nigeria zwi nka Mr Ibu wakunzwe muri cinema zitandukaye zirimo , Baby police , ndetse n’ izindi aganira n’ ikinyamakuru gistmania gikorera muri Nigeria yatangaje impamvu ituma abagore bamukunda cyane aruko asobanukiwe neza ibijyanye no gutera akabariro ndetse hakiyongera ho (…)

Mr ibu yatangaje Impamvu nyamukuru akundwa n’ abagore benshi ari uko azi gutera akabariro neza ,ndetse arya indyo nziza kandi zuzuyemo intungamubiri zikenerwa n’ umubiri.

John Okafor Umukinnyi wa cinema ukomeye muri Nigeria zwi nka Mr Ibu wakunzwe muri cinema zitandukaye zirimo , Baby police , ndetse n’ izindi aganira n’ ikinyamakuru gistmania gikorera muri Nigeria yatangaje impamvu ituma abagore bamukunda cyane aruko asobanukiwe neza ibijyanye no gutera akabariro ndetse hakiyongera ho kuba arya indyo nziza ikubiyemo intunga mu biri zose .

Mr Ibu wigeze kuvugwaho ubusambanyi n’ abagore batandukanye nyuma akaza gufata umwanzuro wo gushaka umugore umwe ariwe Stella kuri ubu bamaze kubyarana n’ abana 3 ndetse akaba agikomeje umwuga we wo gukora cinema .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa