Mu mafoto reba inzu 10 nziza kandi zihenze kurusha izindi muri Afurika abakuru b’ibihugu bakoreramo
Yanditswe: Friday 06, Oct 2017
Ibihugu 10 bifite inzu nziza abakuru b’ibihugu bakoreramo (Presidence) usanga ari mu bihugu bidakunze kuvugwamo intambara cya ngwa umwiryane wa hato na hato.
Dore uko zikurikirana
10. Uganda
9. Senegal
8. Mauritania
7. Sudan
6. Madagascar
5. Ghana
4. Namibia
3. South Africa
2. Egypt
1. Cameroun
Izi nzu ni zo abaperezida ba bamwe mu bihugu bya Africa basimburanaho iyo umwe avuye ku butegetsi hagiyeho (...)
Ibihugu 10 bifite inzu nziza abakuru b’ibihugu bakoreramo (Presidence) usanga ari mu bihugu bidakunze kuvugwamo intambara cya ngwa umwiryane wa hato na hato.
Dore uko zikurikirana
10. Uganda
9. Senegal
8. Mauritania
7. Sudan
6. Madagascar
5. Ghana
4. Namibia
3. South Africa
2. Egypt
1. Cameroun
Izi nzu ni zo abaperezida ba bamwe mu bihugu bya Africa basimburanaho iyo umwe avuye ku butegetsi hagiyeho undi.
Ibitekerezo
Iyaba mwashyiragaho ifoto z’abaprezida
Niburaaho gushyiraho amafoto y’abantu
badafite aho bahuriye n’iyi nkuru!