skol
fortebet

Mu mafoto reba uburanga bw’inkumi nshya iri mu buryohe bw’urukundo n’umuhanzi nyarwanda Yverry[AMAFOTO+VIDEO]

Yanditswe: Wednesday 03, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Rugamba Yverry umuhanzi umaze kwigarurima imitima y’abakuni b’umuziki nyarwanda batari bake kubera indirimbo ze ahanini zishingiye ku rukundo ari mu rukundo n’umukobwa witwa Uwase nyuma yo kumara igihe kinini atavugwa ataruvugwamo.

Sponsored Ad

Mu bihe biheruka mu binyamakuru bitandukanye byo mu Rwanda uyu muhanzi yavuzweho kuba mu rukundio rwibanga n’umukinnyikazi wa film mu Rwanda witwa Usanase Bahavu Jeannette uzwi nka Diane muri film yuruhererekane ica kuri televiziyo y’igihugu.

Uyu munsi tukaba twamugendereye aho atuye aduhishurira byinshi bimwerekeyeho birimo iwe murugo n’umukunzi we mushya ukoresha amazina ya Vanilla Uwase ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram.

Yverry akaba yaramenyekani ye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nka ‘ Nkuko njya mbirota, Uragiye,Uzambabarire n’indi aheruka gushyira hanze yitwa umutima’.

REBA HASI IKIGANIRO KIRAMBUYE NA YVERRY:



Ibitekerezo

  • Abakobwa bage bibuka ko ubwo "buryohe" bajyamo n’abahungu,butuma bagira ibibazo.Iyo abahungu bamaze kubahaga,barabata.Abakobwa ntibakigire "sex objects".Bage bibuka ko Imana itubuza ubusambanyi.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa