Mu mitoma y’urukundo idasanzwe,Aime Bluestone yashyize hanze indirimbo nshya ahuriyemo na Uncle Austin(YUMVE)
Yanditswe: Tuesday 20, Jun 2017
Nyuma y’igihe umuntu yavuga ko atari gito umuhanzi Nyarwanda umenyerewe cyane mu ndirimbo z’urukundo ziba zigizwe n’Imitoma Aime Bluestone adakora indirimbo nshya,ubu yashyize hanze indirimbo ye nshya ahuriyemo na Uncle Austin, indirimbo yise "Gutyo".
USHAKA KUMVA IMITOMA MYINSHI IRI MURI IYI NDIRIMBO REBA HASI MAZE UYUMVE:
Nyuma y’igihe umuntu yavuga ko atari gito umuhanzi Nyarwanda umenyerewe cyane mu ndirimbo z’urukundo ziba zigizwe n’Imitoma Aime Bluestone adakora indirimbo nshya,ubu yashyize hanze indirimbo ye nshya ahuriyemo na Uncle Austin, indirimbo yise "Gutyo".
USHAKA KUMVA IMITOMA MYINSHI IRI MURI IYI NDIRIMBO REBA HASI MAZE UYUMVE:
Ibitekerezo
Andika Igitekerezo Hanonshaka iyondirimbo