skol

Muyango Claudine wavuzweho gutanga ruswa y’igitsina mu irushanwa rya Miss Rwanda yashyize hanze ukuri kwabyo kose

Yanditswe: Friday 01, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Bimwe mu bintu byavuzweho cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 akaba ari ruswa y’igitsina yashinjwaga umwe mu bategura iri rushanwa ariwe Joel Rutaganda n’umukobwa witwa Muyango Claudine waje no kwegukana ikamba rya Miss Photogenic 2019.

Uyu mukobwa rero nyuma gato yo kwegukana iri kamba akaba yagarutse ku makuru yose yagiye amuvugwaho ku mubano yaba afitanye na Joel ndetse no ku wundi muntu waba afite aho ahuriye n’irushanwa rya Miss Rwanda.

Mu kiganiro n’umunyamakuru Muyango yagize ati :”Naje mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda nzi neza ko ibizaba byose nzabasha kubyakira, gusa icya mbere cyangwa se icyo mpereza agaciro, uba ufite uko ubayeho,ufite abantu mubanye, bafite ukuntu bakuzi, ndakeka nta mufana n’umwe wanjye waba abona ibiba ngo abihe agaciro".

Muyango yakomeje agir’ati " Ndetse n’abantu bazi kureba kure, ndekeka iyo urebye nawe hari ikintu ushobora kubona, ndi umukobwa ufite indangagaciro kandi ufite kirazira agenderaho z’umuco nyarwanda. Naje muri rino rushanwa ry’ubwiza nzi icyo nshaka, kandi numvako ubwenge mfite cyangwa se ubushobozi mfite buzamfasha kugera ku ikamba nta zindi nzira nciyemo.“

Ibitekerezo

  • Byaragaragaye twarabibonye gusa wakoreye ubusa

    Ubu se avuze iki?

    uri igicucu

    Haaahaaa bakurungurukiye ubusa, ukuntu uri mwiza gusa nureba nabi uhobora gusaza nka kabwera haahaaa ariko muri iki gihe ntawe ugusasa uzakenyuka ntacyo umaze ku isi

    Byaravuzwe se byavuzwe nande? Uretse za TV zitazwi ba nyirazo ziba kuri YouTube zirirwa zikora ubusa, dore ko nta musoro zitanga, ntizinahembe abakozi bazo. Uyu mwana Atambuka neza. Miss photogenic arayikwiye. Nkiyi nkuru uba wanditse uba wabuze icyo ukora??

    igicucu gusa . ubwo se uvuze iki. Bazakwanduza SIDA.

    Uretse ko uvuze ubusa, ariko ugaragara nk’unyara ku buriri cyane nanjye uwakumpa nkakunyaza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa