Nakuze nziko nzaba umupilote ntabwo nakundaga kurya no kuryama ku manywa –MISS RWANDA 2018
Yanditswe: Wednesday 28, Feb 2018
Nyampinga w’ u Rwanda 2018 Iradukunda Liliane w’imyaka 18 y’ amavuko yatangaje ko kuva mu bwana bwe yakuze afite inzozi zo kuzaba umuntu utwara indege, ndetse ko adakunda kurya no kuryama ku manywa.
Miss Rwands 2018 Iradukunda Liliane aganira n’ Itangazamakuru yavuze ku buzima bwe bwite; avuga uko yakuze ndetse nicyo yangaga cyane mu bwana bwe birimo kuba atarakundaga kurya ndetse akanga umuntu wamutegekaga ku ryama ku manywa .
Yagize ati “ ubusanzwe nd’ umwana uvuka mu muryango w’ (…)
Nyampinga w’ u Rwanda 2018 Iradukunda Liliane w’imyaka 18 y’ amavuko yatangaje ko kuva mu bwana bwe yakuze afite inzozi zo kuzaba umuntu utwara indege, ndetse ko adakunda kurya no kuryama ku manywa.
Miss Rwands 2018 Iradukunda Liliane aganira n’ Itangazamakuru yavuze ku buzima bwe bwite; avuga uko yakuze ndetse nicyo yangaga cyane mu bwana bwe birimo kuba atarakundaga kurya ndetse akanga umuntu wamutegekaga ku ryama ku manywa .
Yagize ati “ ubusanzwe nd’ umwana uvuka mu muryango w’ abana umunani nkaba narakuze nkunda gukina umukino wa Tenis nubwo ntagize amahirwe yo kumenya kuwukina , mu bwana bwanjye nakuze ntakunda kurya no kuryama ku manywa .
Ikindi yatangaje ko mu bwana bwe yarafite inzozi zo kuzaba umutwazi w’ indege ndetse akura afite indoto zo kuzagira kompanyi y’ubukerarugendo aho ateganya kuzakomeza kwiga ibijyanye n’ ubukerarugendo muri kaminuza umwaka utaha .


Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *