Nirere Shanel kuri ubu uri kubarizwa mu Rwanda yabajijwe umuhanzi nyarwanda akunda avuga magingo aya aharaye indirimbo za Buravan ndetse akunda ijwi rye n’ injyana akora.
Nirere Shannel wamenyekanye nka Miss Shanel wakunzwe mu njyana zitandukanye zirimo ,Igisingizo aho magingo aya ari kubarizwa mu Rwanda nyuma y’ igihe ari kubarizwa mu gihugu cy’ Ubufaransa aho atuye n’ umugabo we bamaze kubana byemewe n’amategeko.
Mu kiganiro n’ Itangazamakuru Nirere Shannel yabajijwe niba (…)
Nirere Shanel kuri ubu uri kubarizwa mu Rwanda yabajijwe umuhanzi nyarwanda akunda avuga magingo aya aharaye indirimbo za Buravan ndetse akunda ijwi rye n’ injyana akora.
Nirere Shannel wamenyekanye nka Miss Shanel wakunzwe mu njyana zitandukanye zirimo ,Igisingizo aho magingo aya ari kubarizwa mu Rwanda nyuma y’ igihe ari kubarizwa mu gihugu cy’ Ubufaransa aho atuye n’ umugabo we bamaze kubana byemewe n’amategeko.
Mu kiganiro n’ Itangazamakuru Nirere Shannel yabajijwe niba agikurikirana hafi umuziki nyarwanda nka mbere ndetse n’umuhanzi akunda ubu yatangaje ko kuri ubu aharaye umuhanzi Buravan kubera ijwi rye ndetse ko injyana akora ya Rnb ayikunda cyane.
Yagize ati “Imiziki y’abahanzi nyarwanda ndayumva cyane, by’umwihariko ubu ndi gukunda ibihangano bya Buravan kuko afite indirimbo zinyura amatwi, ijwi rye ni ryiza ndetse n’injyana aririmbamo ya RnB ndayikunda”
Nirere Shannel ni umwe mu bakobwa bamamaye mu bihe umuziki w’u Rwanda wari utangiye kwiyubaka, ndetse abana b’abakobwa benshi bamufatiyeho urugero bituma nabo batinyuka batangira gukora umuziki.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *