skol
fortebet

Reba ibaruwa iteye agahinda cyane Regis Kamugisha yandikiye umugore we wapfanye n’abana babo babiri "Teta na Olga" abasezera(IBARUWA)

author-image

Yanditswe na: Martin Munezero
Kuwa: Tuesday 30, May 2017

Sponsored Ad

skol

Ku munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14 barimo n’umuryango wa Regis.
Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha wari ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka . Bari bavuye i Musanze batashye aho bari batuye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. (…)

Ku munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14 barimo n’umuryango wa Regis.

Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha wari ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka . Bari bavuye i Musanze batashye aho bari batuye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Bari bavuye gusura Kamugisha aho akorera i Musanze.

Mbere yo gushyingura umuryango we, Regis Kamugisha yandikiye ibaruwa umugore we amusezeraho ndetse amusezeranya ko bazahura mu gitondo cy’umuzuko(Ijambo rikunda gukoreshwa n’abo mu itorero ry’abadivantisiti w’umunsi wa karindwi ari naho Kamugisha asengera, basobanura igihe abantu bazazukira, bagiye mu ijuru).

Ni ibaruwa yafotowe na bamwe mu nshuti z’uyu muryango. Ni ibaruwa yagiraga iti

" Mugore wanjye nkunda, wambereye inkoramutima, umbera uwo kubahwa, umbera umubyeyi w’ibibondo byanjye none murajyanye kandi muransize! Koko ibikundanye birajyana! Sinzakwibagirwa. Bye TUZAHURA MU GITONDO CY’UMUZUKO."

Amakuru umuryango.rw ikesha umuntu w’inshuti y’umuryango wa Regis avuga ko kuva yakumva inkuru y’urupfu rw’umuryango we ngo yarahungabanye ku buryo bukabije ariko ngo kuri ubu ari kugenda amera neza . Mubari kumuba hafi harimo maman we umubyara ndetse na bamwe mu baririmbyi baririmbana muri Korali.

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba.

    Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba

    Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba

    Ahhahh!! Birabazaza pe! Gusa lmana ikomeze kwihanganisha uyi mu papa knd imurinde kwiheba

    Andika Igitekerezo Hanosinzi sorry bibaho

    Niyumviye ubuhamya bwa Kamugisha Regis mukuri Imana irikumwe nawe muhumure! Ntagitungura Ruhanga azi impamvu yabyo Twese Imana itwigishe kubara iminsi yacu tuzibukire icyaha kuko nicyo cyazanye urupfu

    It is well with my soul! pole sana Mr Kamugisha

    Imana ibacyiremubayo

    Manawe tabar umugaraguwawe Mugabo Imana Itangishaka gus kwiyakir biragoye ArikoNyagasani Akwiteho

    Manawe tabar umugaraguwawe Mugabo Imana Itangishaka gus kwiyakir biragoye ArikoNyagasani Akwiteho

    BIBAHO ARIKO HARIBINTU UBONA KUBYAKIRA BIKAGORANA HUNYUMA UBUZIMA BURAKOMEZA

    Yooo.Gushaka Ni Ukw’Imana,niyo Itanga Kdi Niyo Yisubiza,mugabo,ihangane Uhagarare Gitwari.

    Mana we!ndababaye pe Regis komera uwiteka azaguhoza

    Yooo.Gushaka Ni Ukw’Imana,niyo Itanga Kdi Niyo Yisubiza,mugabo,ihangane Uhagarare Gitwari.

    Nukuri Imana ikomeze uyu mugabo imuhe gukomera

    Nukuri Imana ikomeze uyu mugabo imuhe gukomera

    mbega agahinda atazibagirwa

    yoo imana ibahe iruhuko ridashira kd twifatanyije nawe murako kababaro

    Andika I girdle real Hano.ndababaye birenze

    YESU WE? TABARA ABANA BAWE,KOMEZA UMUGARAGU WAWE REGIS,NUKURI UMWUBAKE KUKO NIWOWE WUBAKA BIGAKOMERA, KDI UMWIHANGANISHE KUKO NIWOWE WENYINE UGIRA UKO UBIGENZA BIKEMERA AMEN

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa