Rihanna yagaragaye yambaye ingofero nk’iya PAPA n’ ikanzu y’impenure[ AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 09, May 2018
Mu birori bya ‘Meta Gala’ Rihanna yagaragaye yambaye nk’ Umushumba mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Nyirubutunganye Papa ‘ Pope ‘.
Mu birori bizwi nka ‘Meta Gala’ ubusanzwe biba buri mwaka aho akenshi ababyitabiriwe barwangwa n’ imyambaro idoze mu buryo bugezweho mu rwego rwo kwiyibutsa imyambaro ya cyera aho idodwa ikisanisha n’ igezweho magingo aya.
Uyu muhango wabaye muriki cyumweru mu mujyi wa New York imwe muri Leta 50 zigize Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Aho iki gitaramo kitabiriwe n’ ibyamamare bitandukanye birimo Rihanna ,Katy Perry, Jennifer Lopez , Nick Minaj Ndetse n’ Abandi.
Insanganyamatsiko yuyu mwaka yagiraga iti “Ibigezweho ndetse n’ imyumvire ya Kiliziya Gaturika bigaragaza ko Gaturika ifatirwaho urugero mu myambarire y’ahashije”
Ikindi kidasanzwe muriki gitaramo nuko kitabirwa n’abantu batumiwe ku buryo umuntu ushaka kugura itike yo kwinjira mu gitaramo ataratumiwe iba ihenze cyane .
REBA AMAFOTO:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *