skol
fortebet

Shadyboo yagaragaye ari mu cyumba kimwe n’ umuhanzi Davido AMAFOTO + VIDEO

author-image

Yanditswe na: Muhire Jason
Kuwa: Monday 05, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Mbabazi Shadia wamampaye ku kabyiniro ka Shadboo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda bakomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto akunze gushyira hanze yashyize hanze ifoto ari kumwe na Davido mu cyumba kimwe .
Kuri uyu mugoroba wo kuwa Mbere taliki 5 Werurwe 2018 .Nibwo yashyize hanze amafoto 2 atandukanye agaragaza ari kumwe na Davido mu cyumba kimwe .
Ibi bije nyuma yuko hamaze kumenyekna ko Shadyboo yiyongereye ku rutonde rw’ abantu Davido akurikira (Followers ) kuri Instagram . (…)

Mbabazi Shadia wamampaye ku kabyiniro ka Shadboo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda bakomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto akunze gushyira hanze yashyize hanze ifoto ari kumwe na Davido mu cyumba kimwe .

Kuri uyu mugoroba wo kuwa Mbere taliki 5 Werurwe 2018 .Nibwo yashyize hanze amafoto 2 atandukanye agaragaza ari kumwe na Davido mu cyumba kimwe .

Ibi bije nyuma yuko hamaze kumenyekna ko Shadyboo yiyongereye ku rutonde rw’ abantu Davido akurikira (Followers ) kuri Instagram .

Ni mu gihe kandi ubwo Diamond aheruka mu Rwanda byavuzwe ko yahuye mu ibanga nuyu mu gore w’ abana 2 . Shadyboo habura amasaha macye ngo Davido asesekare mu Rwanda Shadyboo yaje gushyira hanze amashusho amugaragaza arimo kuzunguza ikibuno mu ndirimbo ya Davido yise FIA .

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • maraya ziragwira zari yarabahariye ariko ntimwanyurwa

    The unswer is very simple my friend.Kubera ko nubundi ntacyo aramira,nta kindi bakoraga uretse gusambana.Nta kintu kibabaje nko kugurisha umubiri imana yaguhaye.Ababikora ni benshi cyane muli iyi si.Nubwo ari ibintu bibashimisha cyane, bajye bamenya ko ari icyaha kizababuza ubuzima bw’iteka muli paradizo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa