skol

Umugabo yatahanye umukobwa bageze mu cyumba asanga yitahaniye umusore wambaye isutiya -AMAFOTO

Yanditswe: Tuesday 27, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Kenya umugabo yatahanye inkumi ayivanye mu kabyiniro bageze mu rugo asanga ari umuhungu wigize umukobwa.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’ umugabo uri mu kigero cy’ imyaka 35 utatangajwe amazina ye watahanye n’ umukobwa amuvanye mu kabyiniro bagera mu rugo bagiye guhuza igitsina agasanga ari umuhungu wigize umukobwa.
Inkuru dukesha ikinyamakuru cya Kenya Post aho cyatangaje ko uyu musore yaje gukubita kubera kwihindura umukobwa kandi ari umuhungu akagerekaho no kwisiga ibirungo (…)

Kenya umugabo yatahanye inkumi ayivanye mu kabyiniro bageze mu rugo asanga ari umuhungu wigize umukobwa.

Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’ umugabo uri mu kigero cy’ imyaka 35 utatangajwe amazina ye watahanye n’ umukobwa amuvanye mu kabyiniro bagera mu rugo bagiye guhuza igitsina agasanga ari umuhungu wigize umukobwa.

Inkuru dukesha ikinyamakuru cya Kenya Post aho cyatangaje ko uyu musore yaje gukubita kubera kwihindura umukobwa kandi ari umuhungu akagerekaho no kwisiga ibirungo ndetse no kwiyambika imyenda y’ abakobwa kugirango arye abantu amafaranga.

Uyu musore wihinduye umukobwa yahise ashyikirizwa Police ya Kenya mu gihe akurikiranyweho icyaha cyo kurya amafaranga y’abandi ndetse no kwiyoberanya mu rwego rwo kurya amafaranga y’ abandi.

Ibitekerezo

  • uwomugabo baramuhemukiyekuko yarari muri bussines

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa