skol

Umugore yafashwe asambana n’umukozi wo mu rugo yiregura avuga ko ari Satani wamushutse

Yanditswe: Friday 06, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Umugore utuye muri Nigeria witwa Chinasa yafashwe n’umugabo we asambana n’umukukozi wo mu rugo maze yiregura avugako ari Satani wamushutse ngo akore icyaha .
Chinasa uzwi ku kabyiniro ka Mama Afsa yafashwe n’ umugabo we basezeranye nyuma y’ igihe kirekire yakira amakuru avuga ko umugore we asambana n’umukozi, gusa kubwo ku mugirira icyizere ntabihe agaciro mu gihe ku munota wa nyuma yaje gutungurwa no kubafata bari mu cyumba gusambana. Ku gica munsi cyo kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 4 mata (…)

Umugore utuye muri Nigeria witwa Chinasa yafashwe n’umugabo we asambana n’umukukozi wo mu rugo maze yiregura avugako ari Satani wamushutse ngo akore icyaha .

Chinasa uzwi ku kabyiniro ka Mama Afsa yafashwe n’ umugabo we basezeranye nyuma y’ igihe kirekire yakira amakuru avuga ko umugore we asambana n’umukozi, gusa kubwo ku mugirira icyizere ntabihe agaciro mu gihe ku munota wa nyuma yaje gutungurwa no kubafata bari mu cyumba gusambana.

Ku gica munsi cyo kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 4 mata 2018,nibwo umwana we yamubwiye ko iyo avuye mu rugo umukozi ndetse na Mama we bikingirana mu cyumba bagasambana bakarenzaho no ku mwima ibyo baba baguze bibafasha kuganira neza mu gikorwa bakora mu ibanga rikomeye.

Uyu mugabo amenya amakuru y’uko umugore we n’umukozi bajya mu cyumba bakifungirana,nibwo yatangiye gushaka kumenya ibyo baba barimo kuko nawe yakundaga kubakeka cyane hanyuma atangira kugenzura umugore ariko akabura gihamya, niko kubwira umugore we ko agiye mu kazi ko araza gutaha bwije nuko aza gutaha umugore we atabizi amugwaho ari gusambana n’umukozi wabo wo murugo, aribwo yahitaga ahuruza abaturanyi kugirango bazamubere abagabo.

Uyu mugore wafashwe n’ikimwaro ubwo yisangaga ashagawe n’abaturanyi barikumuha urwamenyo, yikuye mu isoni maze asaba imbabazi umugabo we n’abari aho avugako ari Satani wabimuteye kandi ko ari inshuro imwe basambanye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa