Umuhanzi wafashwe ari gusambanira ku muhanda ’umukobwa bari kumwe aricuruza’
Yanditswe: Thursday 15, Mar 2018
Umuhanzi Barbi Jay wafashwe na Police ari gusambanira ku muhanda yabihakanye avugako bashaka kumutandukanya n’ umukunzi we. Gusa amakuru aturuka muri Uganda ahamya ko uyu mukobwa wari kumwe n’ uyu muhanzi yicuruza.
Barbi Jay wafashwe na Police ya Rubaga kuwa gatandatu taliki ya 10 Werurwe ,Yahakanye ibyo ashinjwa byose ndetse avugako abeshyerwa yongera ho ko bishobora kumutandukanya n’ umukunzi we baherutse kubyarana .
Umukobwa bafatanywe mu modoka avuga ko bari kumwe bisanzwe kandi (…)
Umuhanzi Barbi Jay wafashwe na Police ari gusambanira ku muhanda yabihakanye avugako bashaka kumutandukanya n’ umukunzi we. Gusa amakuru aturuka muri Uganda ahamya ko uyu mukobwa wari kumwe n’ uyu muhanzi yicuruza.
Barbi Jay wafashwe na Police ya Rubaga kuwa gatandatu taliki ya 10 Werurwe ,Yahakanye ibyo ashinjwa byose ndetse avugako abeshyerwa yongera ho ko bishobora kumutandukanya n’ umukunzi we baherutse kubyarana .
Umukobwa bafatanywe mu modoka avuga ko bari kumwe bisanzwe kandi ko hari abandi bantu bari bategereje .
Yagize ati “Ibyo mu vuga ngo mwasanze ndi gusambana na Jay sibyo ,kandi kuba mwarasanze turi kumwe ntibivuze ko twari turimo gutera akabariro .
Amakuru aturuka muri iki gihugu cy’ abaturanyi ahamya ko abazi uyu mukobwa utatangajwe amazina ye ko ubusanzwe atunzwe no gukora akazi ko kwicuruza ku bagabo . Police ya Rubaga ikaba igikurikiranye Barbi Jay ushinjwa gukorera ibikorwa by’ urukozasoni ku karubanda aho aramutse ahamwe ni cyaha yafungwa .
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *