Umukobwa uvugwaho kuba agiye gukora ubukwe na The Ben yamenyekanye –AMAFOTO
Yanditswe: Monday 26, Mar 2018
Ruth niwe mukobwa uvugwaho kuba agiye gukora ubukwe na The Ben.
Hashize iminsi hirya no hino havugwa inkuru ko umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben agiye gukora ubukwe ndetse akagaruka gutura mu Rwanda mu karere ka Bugesera i Nyamata hafi nahari kubakwa ikibuba cy’ indege.
amakuru agera ku UMURYANGO avuga ko ubusanzwe Ruth Jennifer uvugwa mu rukundo n’ umuhanzi The Ben afite inkomoko muri Eritrea ndetse akora ibijyanye no kwandika indirimbo ndetse no kuririmba.
Ibi bije nyuma (…)
Ruth niwe mukobwa uvugwaho kuba agiye gukora ubukwe na The Ben.
Hashize iminsi hirya no hino havugwa inkuru ko umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben agiye gukora ubukwe ndetse akagaruka gutura mu Rwanda mu karere ka Bugesera i Nyamata hafi nahari kubakwa ikibuba cy’ indege.
amakuru agera ku UMURYANGO avuga ko ubusanzwe Ruth Jennifer uvugwa mu rukundo n’ umuhanzi The Ben afite inkomoko muri Eritrea ndetse akora ibijyanye no kwandika indirimbo ndetse no kuririmba.
Ibi bije nyuma yuko The Ben yatangarije Radio Rwanda ko umwaka wa 2019 cyangwa muri 2020 ashobora kuzaba atuye mu Rwanda ahera aho anakomoza ku bijyanye no gushinga urugo nubwo yagize ibanga ibijyanye n’ ubukwe bwe kubera ko adakunda gushyira hanze ubuzima bwe bwite.
Yagize ati “”Bishobotse nko mu myaka ibiri. [Akubita agatwenge]. Nakwiteje birashoboka (yavugaga gushinga urugo) mu myaka ibiri’. umwaka wa 2020 ushobora kuzambera umwaka udasanzwe kuko aribwo nshobora kuzaza gutura mu Rwanda akaba ari nabwo nzakora ubukwe.
REBA AMAFOTO
Turacyakurikirana ibyiyi nkuru neza ...

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *