Umukobwa yarize arahogora ashaka ko Yannick Mukunzi amusuhuza ubwo bari bavuye mu myitozo .
Ibi byabaye ku mugoroboa wo kuri uyu wa Mbere ubwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo WhatsApp , Instagram hakwirakwijwe amashusho agaragaza umukobwa warize agahogora asaba ko Yannick Mukunzi ukina muri Rayon Sports yamusuhuza byonyine .
Mu magambo yagarukaga mu kanwa kuyu mu kobwa yavugaga ko ashaka gusuhuza Yannick ndetse amuzi agikina muri APR FC .
Yagize ati “ Ndashaka gusuhuza (…)
Umukobwa yarize arahogora ashaka ko Yannick Mukunzi amusuhuza ubwo bari bavuye mu myitozo .
Ibi byabaye ku mugoroboa wo kuri uyu wa Mbere ubwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo WhatsApp , Instagram hakwirakwijwe amashusho agaragaza umukobwa warize agahogora asaba ko Yannick Mukunzi ukina muri Rayon Sports yamusuhuza byonyine .
Mu magambo yagarukaga mu kanwa kuyu mu kobwa yavugaga ko ashaka gusuhuza Yannick ndetse amuzi agikina muri APR FC .
Yagize ati “ Ndashaka gusuhuza Yannick … namumenye agikina muri APR.. Ndashaka Yannick ..
Byaje gutuma Yannick asubira inyuma aramuhobera umukobwa birangira aguye igihumure bahamagara umuganga wo ku mwitaho . Yannick ahita agenda . Umugore wari kumwe n’ uyu mukobwa yamusabye kwiyumanganya amwereka ko barimo kumufata amashusho ariko undi ntiyabyitaho.
REBA AMAFOTO HANO:
Ibitekerezo
ubu ni ubusazi
pe
Arko narumiwe pe!!!!!! Ibise biracyagirirwa agaciro? Ubwo ejo yamucomeka inda abandi bati abasore nabagome kndiariwe wamushinzeho
Mbega ubujiji bikabije!!
Burya koko abagore n’abakobwa ni weak nkuko bible ivuga (weak vessels).Gusa uyu mukobwa nawe ntasanzwe.
Agomba kuba ari umutesi.Gusa bene ibi bituma abahungu babarongora mu buryo bworoshye,bibeshya ko babakunda.