skol
fortebet

Umukobwa yiganye Oda Paccy maze ashyira hanze ifoto yambaye ubusa hose y’ikinze ikibabi cy’Iteke ku myanya ye y’Ibanga(AMAFOTO)

Yanditswe: Saturday 14, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

Umukobwa bivugwa ko akomoka mu karere ka Rubavu utabashije kumenyekana amazina yashyize hanze ifoto igizwe n’amafoto ane atandukanye aho yageragezaga nk’amafoto ya Oda Paccy aherutse gushyira hanze ubwo yamamazaga indirimbo ye nshya "Order"gusa ntibyavugwaho rumwe na benshi.
Ifoto y’uyu mukobwa ikaba igiye hanze nyuma yuko Oda Paccy ahamije ko ibyo yakoze ataciye inka amabere ndetse ko abavuga ko yambaye ubusa bibeshye.
Kuva ifoto ya Oda Paccy yifotoje yikinze ikoma ku myanya ndangagitsina (...)

Sponsored Ad

Umukobwa bivugwa ko akomoka mu karere ka Rubavu utabashije kumenyekana amazina yashyize hanze ifoto igizwe n’amafoto ane atandukanye aho yageragezaga nk’amafoto ya Oda Paccy aherutse gushyira hanze ubwo yamamazaga indirimbo ye nshya "Order"gusa ntibyavugwaho rumwe na benshi.

Ifoto y’uyu mukobwa ikaba igiye hanze nyuma yuko Oda Paccy ahamije ko ibyo yakoze ataciye inka amabere ndetse ko abavuga ko yambaye ubusa bibeshye.


Kuva ifoto ya Oda Paccy yifotoje yikinze ikoma ku myanya ndangagitsina yajya hanze yakomeje guca igikuba mu bantu, kugeza ubwo hari n’ibyamamare byakomeje kumwigana bifotozanya ikoma ari nako bamwe bamuha inkwenene abandi nabo bakavuga ko ari umukobwa w’umujyi.

Ibitekerezo

  • nyamra ababishinzwe nibadafata ibyemezo kuri kuri myitwarire biraza koreka imbaga y’abana bacu sinzi nka ministeri ifite inshingano mu muzo icyo iba ireba ku bintu nkabine njye ndasaba ababishinzwe guca uyu muco wadutse wo kwambara ubusa

    Noneho ibi bintu byadutse mubanyarwandakazi ni ibiki?

    Murakoze kutubeshya rwose! uyumukobwa iyi photo yayishyize hanze kera mbere ya oda paccy. iyi photo yuyu mukobwa nayibonye kuri facebook 09/09/2017. uhindure iyi nkuru.

    Murakoze kutubeshya rwose! uyumukobwa iyi photo yayishyize hanze kera mbere ya oda paccy. iyi photo yuyu mukobwa nayibonye kuri facebook 09/09/2017. uhindure iyi nkuru.

    Wapi uyu mukobwa si umunyarwanda, niba ari we yaba akwiye kujyanwa mu bitaro by’abarwaye mu mutwe I Ndera. Uko bisa kose naba na pacy ntiyigeze agaragaza ubwambure bwe bwose. Yewe birakabije Minister ufite umuco mu nshingano natabare .

    Ariko Nyagasani🙈🙊weee . Ariko niba barimo kwamamaza ubwambure bwabo n’ayo makoma nibabayavaneho .Ngaho ni Murebe knd mwumve iby’ababyeyi b’u Rwanda rw’ejo n’ukuri

    Ariko Nyagasani🙈🙊weee . Ariko niba barimo kwamamaza ubwambure bwabo n’ayo makoma nibabayavaneho .Ngaho ni Murebe knd mwumve iby’ababyeyi b’u Rwanda rw’ejo n’ukuri

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa