skol
fortebet

Umwarimukazi yateranye amagambo n’abinubira imyambarire ye mu kazi [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 21, Oct 2022

featured-image

Sponsored Ad

skol

Umwarimukazi yamaganwe nA benshi kubera kwambara imyenda bivugwa ko idakwiye ku ishuri gusa we yababwiye ko atitaye ku byo ababyeyi batekereza.
Buhle Menziwa yavuze ko akunze gushimwa n’abanyeshuri ndetse ko nta muntu ku ishuri wigeze yinubira imyambarire ye.
Uyu mwarimukazi wo muri Afrika yepfo yagiye ahagaragara muri 2019 ubwo amafoto y’imyambarire ye yakwirakwizwaga ku mbuga nkoranyambaga.
Menziwa yahuye n’ikibazo cyo kwamaganwa nyuma y’uko abantu bavuze ko yambara imyenda idakwiriye ku (...)

Sponsored Ad

Umwarimukazi yamaganwe nA benshi kubera kwambara imyenda bivugwa ko idakwiye ku ishuri gusa we yababwiye ko atitaye ku byo ababyeyi batekereza.

Buhle Menziwa yavuze ko akunze gushimwa n’abanyeshuri ndetse ko nta muntu ku ishuri wigeze yinubira imyambarire ye.

Uyu mwarimukazi wo muri Afrika yepfo yagiye ahagaragara muri 2019 ubwo amafoto y’imyambarire ye yakwirakwizwaga ku mbuga nkoranyambaga.

Menziwa yahuye n’ikibazo cyo kwamaganwa nyuma y’uko abantu bavuze ko yambara imyenda idakwiriye ku ishuri.

Menziwa muri 2019 yagize ati "Numva naraciriwe urubanza k’uwo ndi we. Iyo usomye ibitekerezo bimwe wumva abantu bamwe barangiriye ishyari hanyuma abagabo bakangirira irari gusa - bifuza kugira umukobwa bakundana umeze nkanjye cyangwa bifuza umugore usa nkanjye " .

Uyu mugore ntabwo yigeze ahindura imyambarire ye kuko hari amashusho aherutse gushyirwa kuri Instagram yerekana uyu mwarimukazi ari mu ishuri yambaye ipantaro imufashe cyane.

Uyu mugore bivugwa ko afite inzu icuruza imyenda,yashinjwe n’umwe mu bantu ko aba yigisha abanyeshuri kwandagaza imibiri yabo.

Menziwa yaramusubije ati "Wibagiwe ikintu kimwe ko ntigisha abana bo mu kigero cyawe; ntabwo nigisha abantu afite imyaka 25, 26 kugeza 40.Abana banjye ni bato, ntabwo bafite ibitekerezo bigoramye nkibyo ufite. Hagararika. "

Menziwa akomeje kwibasirwa n’abantu benshi batishimira uko yambara ku ishuri gusa we aracyavuga ko abanyeshuri be babimushimira.

Afurika y’Epfo ntabwo yivanga mu myambarire y’abarimu kandi yabahaye bwo guhitamo imyambarire ikwiye.



Ibitekerezo

  • nizereko uwo atize uburezi,ari muraba bari kohereza mukazi nta methodology.

    agomba guhanwa namategeko abonibo biyenza abasore

    Clothing is also important for those who teach or when the world we are in allows us and the country has given them the instructions to wear school uniforms.

    NDI JEMUS UMWARIMU NUWO KUYOBORA NO KU JIJURA ABOYIGISHA NTABWO ARUWO KUBARARURA

    The somethings about clothers are so preferance of induvidual themselves. here in africa we are seeing as at beyonds! But as continantal of europeen is as same culture.

    Mubyukuri imyambarire nkiyo ntabwo ikwiriye umwarimu.

    Ariko mwarasaze, kuba ari mwarimu se bimubuza kwambara imyenda yigutira? Nirihe Telekom rivuga imyenda umwarimu akwiye kwambara? Murène ubujiji nubuturage, ntago umuntu yazira imiterere ye

    agombaguhanwa

    Ndabona uyu mukobwa ateye neza nukuri

    Ariko murasetsa kuki mwumva mwarimu agomba mugira ibyo yambara rero azahabwe impuzankano itari itaburiya

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa