skol

Uwahoze ari umukunzi wa Davido yashyize hanze amafoto ye yenda kwiyambika ubusa

Yanditswe: Wednesday 07, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Uwahoze ari umukunzi wa Davido uzwi nka Faith Nketsi yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe .
Faith Nketsi umukobwa ukomoka muri afurika yepfo wigeze kuvugwaho urukundo rw’ ibanga na Davido yasangije abamukurikira amafoto agaragaza ubwambure bwe kurukuta rwe rwa Instagram ubwo yari yagiye kwishimisha .
Ubusanzwe Faith Nketsi ni umukobwa ukora ibijyanye no kwamamaza imideli mu gihugu cya Afurika yepfo aho kuri ubu atuye mu gihugu cya Nigeria , kuri uyu wa Kabiri nibwo yashyize (…)

Uwahoze ari umukunzi wa Davido uzwi nka Faith Nketsi yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe .

Faith Nketsi umukobwa ukomoka muri afurika yepfo wigeze kuvugwaho urukundo rw’ ibanga na Davido yasangije abamukurikira amafoto agaragaza ubwambure bwe kurukuta rwe rwa Instagram ubwo yari yagiye kwishimisha .

Ubusanzwe Faith Nketsi ni umukobwa ukora ibijyanye no kwamamaza imideli mu gihugu cya Afurika yepfo aho kuri ubu atuye mu gihugu cya Nigeria , kuri uyu wa Kabiri nibwo yashyize amafoto ye hanze agaragaza ubwambure bwe amafoto atavuzweho rumwe n’ abantu bamukurikira kubera imyenda yari yambaye .

Mu mwaka wa 2017 nibwo Davido yavuzwe mu rukundo na Faith Nketsi aho Davido yashinjaga uyu mu nyamiderikazi kumuca inyuma ubwo ku mbuga za interinete zitandukanye hakwirakwizwaga ifoto igaragaza uyu mukobwa aryamanye n’ undi mu gabo .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa