skol
fortebet

Weasel yongeye kwamaganira kure abavuga ko yasimbuje Radio

Yanditswe: Thursday 06, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Weasel yavuze ko agihagaze nk’umusirikare ku rugamba.

Sponsored Ad

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyamaga hakwirakwijwe ifoto ya Weasel ari kumwe na mugenzi we King Saha aho byavuzwe ko barimo gukorera indirimbo mu nzu ya Coke Studio ,gusa uyu muhanzi kuri ubu ukora umuziki ku giti cye nyuma yaho mugenzi we atabarutse yahakanye gusimbuza nyakwigendera Radio.

Abinyujije kuri konte ye ya Instagram yatangaje ko agihagaze bwuma nk’umusirikare.

Yagize ati” “ Umugabo umwe w’umusirikare.”

Ibi bihurizwa hamwe n’amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda ko uyu muhanzi kuri ubu ari kumwe na King Saha mu bikorwa bya Coke Studio aho batumiweyo nk’abahanzi b’abanyempano nyuma yuko havuyeyo Ykee Benda ,Bebe Cool ,Jose Chameleon n’abandi.

Nyakwigendera Radio yatabarutse mu kwezi kwa Gashyantare uyu mwaka ubwo yakubitwaga hasi n’umurinzi w’akabari bikamuviramo kuviriramo imbere bityo bigatuma ahasiga ubuzima.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa