Zari yatangaje igishobora kumubaho yongeye gushaka undi mugabo
Yanditswe: Sunday 04, Mar 2018
Zari The Boss Lady umugore w’ umukire ukomoka mu gihugu cya abaturanyi cya Uganda yatangaje ko aho bigeze na mugabo yifuza ahubwo arajwe ishinga no kwita ku bana be.
Aganira na BBC Swahili, Zari yahakanye yivuye inyuma avuga ko nta mugabo ashaka kuri ubu kandi ko igihe cy’abagabo ntacyo afite, ahubwo ko ikimuraje ishinga ari ukwita ku bana be 3 yabyaranye na Ivan Ssemwaga ndetse na babiri yabyaranye na Diamond bamaze gutandukana .
Yagize ati “Nta gahunda yo mu gihe cya vuba mfite yo (…)
Zari The Boss Lady umugore w’ umukire ukomoka mu gihugu cya abaturanyi cya Uganda yatangaje ko aho bigeze na mugabo yifuza ahubwo arajwe ishinga no kwita ku bana be.
Aganira na BBC Swahili, Zari yahakanye yivuye inyuma avuga ko nta mugabo ashaka kuri ubu kandi ko igihe cy’abagabo ntacyo afite, ahubwo ko ikimuraje ishinga ari ukwita ku bana be 3 yabyaranye na Ivan Ssemwaga ndetse na babiri yabyaranye na Diamond bamaze gutandukana .
Yagize ati “Nta gahunda yo mu gihe cya vuba mfite yo gushyingirwa, abana banjye bambonye mbana n’undi mugabo bahahamuka, ntabwo nifuza ko ibyo byabaho, icyo nifuza ni uko abana banjye babaho bishimye”.
Ku wa 14 Gashyantare 2018, nibwo Zari yatangaje ko atandukanye na Diamond amushinja icyaha cyo kumuca inyuma mu bandi bagore. Gusa Diamond akaba yaririnze kuri icyo atangaza kuri iyi ngingo.nubwo yavuze ko Zari Atari umugore we usibye ko byabyaranye .
Zari umuze gutandukana n’ abagabo bagera muri 5 mu magambo macye yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye atakongera gukundana n’ umugabo aruko abana be bashobora guhahamuka.

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *