skol
fortebet

Amagambo 4 wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye

Yanditswe: Friday 25, Nov 2016

Sponsored Ad

skol

Iyo abantu bakimena bnifuza ku rushing, usanga hari byinshi bwirana mu rwego kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo.
Dore amwe muri ayo magambo
1.Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe
Wari wabwirwa iri jambo ngo wumve ukuntu riryoha? Si ugupfa kurivuga gusa kuko riraremereye, Kumva umuntu umubwiye ngo nzaba aho uzaba uri hose n’iby’agaciro gakomeye by’umwihariko ku bantu bakundana.
Ni byiza kuribwira (...)

Sponsored Ad

Iyo abantu bakimena bnifuza ku rushing, usanga hari byinshi bwirana mu rwego kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo.

Dore amwe muri ayo magambo

1.Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe

Wari wabwirwa iri jambo ngo wumve ukuntu riryoha? Si ugupfa kurivuga gusa kuko riraremereye, Kumva umuntu umubwiye ngo nzaba aho uzaba uri hose n’iby’agaciro gakomeye by’umwihariko ku bantu bakundana.

Ni byiza kuribwira umukunzi wawe kenshi muri ahantu hatuje, mwishimye atari mu bibazo kugirango adakeka ko ari bya bindi bisanzwe byo kwihanganisha uwagize ibibazo wese.

2.Uri uw’agaciro kuri njye

Ubusanzwe tuzi ko ibyo twagereranya nk’iby’agaciro ari zahabu n’ifeza wenda rimwe na rimwe hakaza n’amaafaranga menshi. Ibaze rero umuntu akubwiye ko uri uw’agaciro kuri we byaba biryoshye kubyumva kurusha uko yakubwira ngo ndagukunda.

3.Umfatiye runini.

Mu buzima bwa muntu akenera umufasha mu buzima bwa buri munsi, umuntu ubana n’abantu benshi mu buzima, afashwa n’abantu benshi kandi bakomeye.

Ngaho rero ibaze umuntu kugutoranya mu bandi benshi bamufasha cyangwa bamuba hafi akakubwira ngo umufatiye runini muri make ½ cy’ubuzima bwe ni wowe umugize.

4.Nkwibonamo:

Ibaze uhuye n’umuntu akakubwira ngo nkwibonamo, urumva ukuntu byaba bimeze bishatse kuvuga ngo iyo akubonye aribona nkuko nta wakwiyifuriza ibibi ubwo bivuze ko nawe yakwifuza ko uhora mu bihe byiza.

Ibitekerezo

  • mukomereze aho!

    murakoze cane kandi muradufasha cane munkundo zacu

    Imana izabamembere kuko maze kubungukiraho byishi kd bicyenewe mubuzima

    thank you so much

    Nzagukunda kugeza kwiherezo yisi

    Mukunzi wanjye nkunda kurasha abandi nujya ubona nkosheje ntukantre inabi kuko sometime abantu brakos

    Uko inyoni zituriza imbere y’umuremyi Niko nifuza guturiza muri woe

    Wow murabambere

    iyimitoma irarenze man

    Ni byiza kuba hafi yawe kuko bindutira cyane imyambaro nambara...niyo mpamvu uzakunda kubona nkuhobera nkakugundira ubutarambirwa

    Duhe ibindi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa