skol
fortebet

Dore amagambo 9 meza y’ ubuhanga avuga ku bwiza

Yanditswe: Tuesday 04, Apr 2017

Sponsored Ad

skol

Ubwiza busobanura ibintu bitandukanye ku bantu batandukanye;kandi buri umwe wese yishimira ko umukunzi we yaba ari mwiza ndetse nibye byose bitandukanye bikaba ari byiza.
Bityo nishimiye gusangira namwe aya magambo 9 meza kandi nabanje kwitondera akubereye avuga ku bwiza
1.Ibintu byose byiza mu buzima ntabwo ubibona ndetse nta nubwo wabikoraho ariko byumvwa n’umutima.
2.Ubwiza bw’indabyo bugira iminsi bugashira ariko ubwiza bw’umuntu udasanzwe buzahora kugeza iteka ryose.
3.Ntukunda umuntu (...)

Sponsored Ad

Ubwiza busobanura ibintu bitandukanye ku bantu batandukanye;kandi buri umwe wese yishimira ko umukunzi we yaba ari mwiza ndetse nibye byose bitandukanye bikaba ari byiza.

Bityo nishimiye gusangira namwe aya magambo 9 meza kandi nabanje kwitondera akubereye avuga ku bwiza

1.Ibintu byose byiza mu buzima ntabwo ubibona ndetse nta nubwo wabikoraho ariko byumvwa n’umutima.

2.Ubwiza bw’indabyo bugira iminsi bugashira ariko ubwiza bw’umuntu udasanzwe buzahora kugeza iteka ryose.

3.Ntukunda umuntu kubera ko ari mwiza ahubwo ni mwiza kubera ko umukunda.

4.Ubwiza ni nk’igiti;gikurira mu mizi bikagaragarira inyuma.

5.Ubwiza nyabwo ku isi buboneka mu mutima w’ukunda.

6.Buri kimwe kigira ubwiza ariko ntabwo ari buri wese ububona.

7.Amakosa yawe niyo ashobora ku kugira mwiza.

8.Rimwe na rimwe abantu ni beza,Atari uburyo bagaragaramo cyangwa mu buryo bavugamo,ahubwo ni mu uwo bariwe.

9.Icyo wiyumvamo nicyo uricyo kandi icyo uricyo ni cyiza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa