skol
fortebet

Reba impavu 7 utaruzi zituma abantu bari gusomana bakunze guhumiriza

Yanditswe: Thursday 04, May 2017

Sponsored Ad

skol

Gusomana umwanya munini n’igikorwa gikunze gukorwa n’abakundana , gusa rimwe na rimwe bitegura igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina. Biragoye ko igihe abantu bari gusomana umwe yabona undi muburanga bwe cg barebana mugihe bakora icyo gikorwa akenshi kigaragaza ko abantu bishimiranye cg babyumva kimwe nkuko bakunze kubyita,bityo bigatuma bose bafunga amaso yabo ntihagire ureba undi.
Dore impamvu 7 zituma abasomana benshi bafunga amaso yabo igihe bari kubikora.
1.kureka iminwa ikaba (...)

Sponsored Ad

Gusomana umwanya munini n’igikorwa gikunze gukorwa n’abakundana , gusa rimwe na rimwe bitegura igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina. Biragoye ko igihe abantu bari gusomana umwe yabona undi muburanga bwe cg barebana mugihe bakora icyo gikorwa akenshi kigaragaza ko abantu bishimiranye cg babyumva kimwe nkuko bakunze kubyita,bityo bigatuma bose bafunga amaso yabo ntihagire ureba undi.

Dore impamvu 7 zituma abasomana benshi bafunga amaso yabo igihe bari kubikora.

1.kureka iminwa ikaba ariyo ivuga kuko niyo iba ifite ijambo muri icyo gihe.

Aha birumvikana ko nyuma yo kuvuga byinshi no kugaragaza bimwe mu bimenyetso ko bishimiranye,ikiba gisigaye nu gusomana maze bakareka iminwa akaba ariyo ikora akazi.

2.Ni ikimenyetso cy’umunezero

Akenshi biramenyerewe ko umuntu afunga amaso igihe ari kumva ikintu gishimishije.urugero aha twareba nk’igihe umuntu ari kumva indirimbo nziza,igihe umuntu ari gusenga,igihe umuntu asinziriye ndetse ni gihe umuntu ari kunywa akantu karyohereye.

3.Ni ikimenyetso cy’ukuri

Akenshi ntabwo umuntu amaso ye aba afunguye iyo ari ahantu hukuri cg yizera kandi hari umutekano

4.Byongera ibyishimo cg se bituma ibyishimo bizamuka

Mwibuke ku biga ibinyabuzima,iyo kimwe mubyumviro bitanu kitari gukora bituma ibindi bisigaye bikora neza.urugero nko kubantu batabona cg batumva.aha rero amaso iyo afunze icyumviro cyo gukoranaho kirazamuka bityo n’ibyishimo bikiyongera.

5.Ni ikimenyetso cyo kureka byose cg gucika intege by’umubiri

Aha byerekana ko umuntu aba yaretse ibyo kwi hagararaho bityo umwanya ugaharirwa igikorwa.

6.Bigaragaza guhagarika indi mikino

Iyo amaso afunguye hari udukino dushobora gukorwa kandi igihe kirekire iyo umuntu ari kumwe nuwo akunda.bityo gusomana bihagarika udukino twose dushobora gukorwa amaso afunguye.

7.Bigereranywa nko gufunguka kw’ibyumviro by’umubiri

Gusomana igihe kirekire ni nko gufunguka naho gufunga amaso bigafatwa nko gufunga ibintu byose byabera hafi yahoo igikorwa kiri kubera hanyuma hakitabwa ku byishimo biba biri hagati yabari gusomana ndetse n’iminwa.

Martin MUNEZERO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa