Gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’iyo abigerageje umubiri we uramutamaza. Doreimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi.
1. Iyo umubajije ko ari isugi ararakara: Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire. Nyamara umukobwa w’isugi iyo ubimubajije aramwenyura akakwihorera usanga ntacyo biba bimubwiye kuba wavuga ko ari isugi cyangwa se atakiri isugi. Umukobwa utakiri isugi akunze kubijyaho impaka cyane kuburyo hari n’igihe aba yemeza ko umuntu wese ubigenderaho iby’ubusugi aba adakuze bihagije. Nanone kandi ibiganiro byerekeza ku mibonano mpuzabitsina usanga abakobwa b’amasugi ntacyo babivugaho. Iyo umukobwa atajyaga abivugaho noneho nyuma agatangira kujya agira ibiganiro nk’ibyo aba yatakaje ubusugi.
2. Bakunda kwigunga. Abakobwa bose bigunga siko baba batakaje ubusugi, ariko umukobwa iyo aribwo agitakaza ubusugi akunze kwigunga kuburyo ashobora no kumara iminsi ikurikiraho mu nzu atarasohoka.
3. Umukobwa ukiri isugi ntago akunda kwigaragaza, n’ahantu ari ntago aba ashaka ko hari abamwitaho cyane ngo bamurangarire, umukobwa utakiri isugi akora ibishobora byose kugira ngo aho anyuze buri musore wese arangare. Bamwe bisiga ibirungo bikabije abandi bakambara imikufi ihenze cyangwa bakitera imibavu ikabya guhumura mu rwego rwo kugira ngo bakurure abasore.
4. Umukobwa ukiri isugi akunda kwiyemera akihagararaho ku musore umutereta akamwereka ko ntacyo amukeneyeho, nyamara umukobwa utakiri isugi ni babandi utumira ngo musohokane musangire icyayi, akazana n’inshuti ze zose atanabiguteguje mu rwego rwo kugira ngo bose ubagurire wishyure menshi. Ibi nta mukobwa ukiri isugi wabikora.
5. Umukobwa ukiri isugi ntago yiyambika ubusa ahubwo agerageza kwambara akikwiza, kimwe na babandi basigaye bashyira amafoto yabo kumbuga nkoranyambaga bambaye ubusa biriya ntamukobwa w’isugi wabikora. Ikindi kintu cyemezwa n’abantu bose n’uko umukobwa ukiri isugi iyo asinziye ari mu bitotsi bikomeye, ugasa nk’umukora ku gitsina asimbukira hejuru agahita akanguka akwigizayo niyo waba uri umukobwa mugenzi we
Ivyo ’ukur
Umukobwa yasama batayimwinjijemo ariko uwo babikoranye yasohoye?
Mwiriwe nashakaga kubaza ubaye usa nukora imibonano ariko ntayikwinjizemo agasohora watwara inda?
Ibyo mutubwira koko nibyo abakobwa dukwiye kwiyubaha nitwe Rwanda rwejo hazaza.
Mwatubwira ibiranga abahungu b’imanzi?
Hama muhungu nawe akiri isugi umubwirwa Niki?
izonama muduha ninziza
Nonese mwatubwiye n’ibiranga umuhungu w’imanzi?
ibyo mutubwiye nibyo!
Ego muvuze vyo ,kand ndabibona kur CHR wanje!
Nibihebintubishoborakukubwirako umukobwamukundana ari isugi
thanks kbx mutugiriye inama nziza nonese kuberiki bavuga ko umukobga utwara igare aba Atari isugi
Ibibintu byababyo ugenekereje
kwel nanje ndumva ari ibimenyetso vyiza kandi murakoze
abakobwa dukwiye kwihagararaho cyane
NUKO ABAKOBWA BATAKIR’ISUGI BAGOMBA KWAMBARA BAKIKWIZA !