Inkuru z’urukundo
Nkore iki? Natanye umugore abana nkurikira inkumi none nabuze inzira nyuramo ntahuka
Yanditswe: Thursday 11, Jul 2019
Nashatse umugore turabyarana nyuma nza kubenguka undi mukobwa mwirukaho ndetse umugore mutana abana. Ubu uwo nari narakurikiye ntitukiri kumwe, ku kazi byabaye ibibazo, nifuza gutaha ariko nabuze inzira nyuramo. Ese azanyakira? Nanyura mu zihe nzira?
Uwatwandikiye yabivuze muri aya magambo:
Nashatse umugore turabyarana nyuma nza kubenguka undi mukobwa mwirukaho ndetse umugore mutana abana. Ubu uwo nari narakurikiye ntitukiri kumwe, ku kazi byabaye ibibazo, nifuza gutaha ariko nabuze inzira nyuramo. Ese azanyakira? Nanyura mu zihe nzira?
Uwatwandikiye yabivuze muri aya magambo:
Ibitekerezo
Si wowe wenyine waciye inyuma uwo mwashakanye.Ababikora ni millions and millions ku isi hose.
Dore icyo wakora: Shaka umugore wawe umusabe imbabazi,nkeka ko wenda azaziguha.Nkuko bible ivuga,Imana ibabarira gusa umunyabyaha wihannye akareka ibyaha.Ariko menya ko Imana iha uburenganzira bwo gutandukana n’uwo mwashakanye iyo aguciye inyuma.Niba ukunda Imana,shaka umuntu mwigana bible,kugirango umenye neza ibyo Imana idusaba.Niba ubishaka,nagufasha kumushaka,mukigana agusanze iwawe kandi ku buntu.Bible izaguhindura,ube umukristu nyakuri,ujya mu materaniro,kandi ujya mu nzira akabwiriza ijambo ry’Imana.Uwo murimo Yesu yasize awusabye abakristu nyakuri bose nkuko Yohana 14:12 havuga.Uwo mwashakanye nabona warahindutse wenda azemera ko musubirana.Natemera,uzashaka undi w’umukristu nawe wahinduwe no kwiga Bible.
Kubera ko abantu banga kwiga bible,hari byinshi batazi Imana idusaba.
buri kimwe cyose kigira ingaruka. ko wanze kureka gitera ukaba ushyaka guhunga ingaruka zatewe nagitera yarangiye urumva bishoboka ? icyo wakora ni ukwemera ukabana nizo ngaruka gusa ukiga kuzibamo gusa !! naho wijya gusagararira umugore nabana ngo bagufashe kuba mungaruka witeye ubizi ,ubyishimiye kandi ubishyaka
Shaka indi nkumi ukomeze urugendo watangiye kuko n’ubundi yarushywa no kukubabarira gusa ukongera ukagenda