skol
fortebet

Amakuru

Umuyobozi w’uruganda rwa Spiro yatangaje ko u Rwanda rwabaye isoko rikomeye rya moto z’amashanyarazi

Umuyobozi washinze uruganda rwa Spiro Gagan Gupta, yatangaje ko ihungabana ryatewe n’intambara (…)

Ibihugu byo mu karere bishobora kuzajya bigura Lisansi na Mazutu mu Rwanda

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, yatangaje ko amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Kenya (…)

Kigali: Inyama ziragura umugabo zigasiba undi

Abaturage batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali, baravuga ko bahangayikishijwe cyane n’uburyo (…)

DR Congo: Intara ya Kivu y’Epfo imaze iminsi 41 itarangwamo Ebola mu gihe mu zindi ntara bituranye ho yiyongereye

Intambwe ikomeye yatewe mu ntara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), (…)

Umugabo yashatse gutema umugore we amubuze atwika imyenda ye anatema insina

Umugabo wo mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi nyuma yo gushyamirana (…)

Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku ikoreshwa rya AI

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Nyakanga 2026, yageze i (…)

Abanyarwanda baba muri Nigeria bizihije ku nshuro ya 32 Umunsi wo Kwibohora

Abanyarwanda batuye muri Nigeria, abayobozi bo muri Guverinoma y’icyo gihugu, abadipolomate, (…)

U Rwanda rweretse amahanga intera rugezeho mu bwenge buhangano

U Rwanda rwagaragaje ko rufite intego yo kuba igicumbi cyo guhanga udushya ku Mugabane wa (…)

Shaddyboo ari muri Isange Rehabilitation Centre aho ari gufashwa kuva ku biyobyabwenge

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yemeje ko (…)

RDC: Abantu 147 bashya banduye Ebola mu munsi umwe, 74 bahasiga ubuzima

Icyorezo cya Ebola yo mu bwoko bwa Bundibugyo gikomeje kwiyongera muri Repubulika Iharanira (…)

Igisubizo kirimo inama zagiriwe Perezida wa Njyanama ya Ruhango ubwo yiseguraga kubera ubukererwe

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango wari umwe mu bitabiriye igikorwa cyo gutanga (…)

Minisitiri Nduhungirehe yasuye abafatanyabikorwa b’u Rwanda mu rwego rw’ubuzima muri Isiraheli

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, mu ruzinduko akomeje (…)

Ghana yagiriye inama Perezida Ramaphosa kutahakorera uruzinduko ku bw’umutekano we

Leta ya Ghana ivuga ko yagiriye inama Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa kutahakorera (…)

Ntihavugwa rumwe kuri bariyeri nyinshi zashyizwe mu majyepfo y’u Burundi

Muri Komini nyinshi zo mu Ntara ya Burunga yo mu majyepfo y’u Burundi, haravugwa ishyirwaho rya (…)

Raporo ya Loni yagaragaje ko FDLR yiciyemo ibice ngo yiyoberanye

Raporo y’itsinda ry’impuguke z’umuryango w’Abibumbye ku bibazo bya Repubulika Iharanira (…)