skol
fortebet

Amakuru

Zelensky yatakambiye OTAN kumuha ubushobozi bwo kwirinda ibitero byo mu kirere nyuma y’ibitero bikomeye by’Uburusiya.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ateganya kwifashisha inama y’Umuryango wa OTAN (NATO) (…)

U Rwanda na Israel biyemeje gushimangira ubufatanye banasinyana amasezerano

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Israel, ziyemeje gushimangira ubufatanye n’umubano usanzwe hagati (…)

Loni yahaye Perezida Kagame inshingano zo kuyobora Komisiyo y’isi igamije guteza imbere AI

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagizwe umwe mu bayobozi ba Komisiyo (…)

Nyuma y’amezi acecetse, Ishimwe Vestine yavuze ko yabaye umubyeyi

Nyuma y’igihe kinini havugwa amakuru y’uko yaba yarabyariye muri Canada ariko akayaceceka, (…)

U Rwanda na Isiraheli byasinyanye amasezerano mashya mu burezi n’iterambere

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Isiraheli byashyize umukono ku masezerano abiri mashya agamije (…)

Uwarokotse Jenoside yabwiye urukiko ko yabonye Dr Rwamucyo kuri bariyeri afite imbunda, yambaye n’imyenda y’igisirikare cya Leta

Umutangabuhamya warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yabwiye Urukiko rwa Rubanda rwa (…)

Sean "Diddy" Combs mu bashobora guhabwa imbabazi na Donald Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aracyari mu rwego rwo gusuzuma ubusabe (…)

Australia, New Zealand n’Ubuyapani bagaragaje impungenge nyuma y’igeragezwa rya misile ry’Ubushinwa

Ibihugu byinshi byo mu karere ka Aziya na Pasifika byatewe impungenge nyuma y’uko Ubushinwa (…)

Ebola ikomeje kwiyongera muri RDC: Abanduye bageze ku 1,561, abarenga 500 bamaze gupfa

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje (…)

U Burusiya Bwagabye Igitero Simusiga kuri Kyiv, Hapfa Abantu 9

Amakuru avuga ko humvikanye nibura ibisasu icumi biturika muri icyo gitero cya kabiri cyakozwe (…)

Indege ya Delta yakubiswe n’ibiturika biterwa mu kirere mu gihe cy’umunezero

Abategetsi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko indege itwara abagenzi ya kompanyi (…)

Nigeria yamaganye iyicwa ry’abaturage bayo muri Afurika y’Epfo, isaba ubutabera

Leta ya Nigeria yamaganye iyicwa ry’abaturage bayo babiri muri Afurika y’Epfo, isaba ko hakorwa (…)

Umujyi wa kigali ugiye kugura indi modoka isukura imihanda nyuma y’uko iyambere yanenzwe na PAC

Umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye kurushaho kunoza uburyo bwo gutanga amasoko mu gihe witegura (…)

Uganda yakuye Icyiciro cya mbere c’yabaturage bayo muri Afrika y’Epfo

Abanya-Uganda bagera kuri 273 basubiye iwabo binyuze muri gahunda ya guverinoma yo gutaha ku (…)

Ntibisanzwe: Umugore yabyabe abana babiri mu minsi ibiri itandukanye

Umugore w’imyaka 32 wo muri Leta Zunze Ubumwe za America, yabyaye abana babiri mu minsi ibiri, (…)