skol
fortebet

Amakuru

Paris yashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha inzoga mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Abategetsi bo mu Bufaransa batangaje ko bagabanyije kunywa no kugurisha inzoga ahantu hahurira (…)

Uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ubutasi bwa Ukraine Yakatiwe Igifungo cya Burundu azira kunekera Uburusiya

Uwahoze ari umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru mu rwego rw’ubutasi rwa Ukraine yakatiwe igifungo (…)

Perezida Kagame n’abayobozi ba Mastercard Foundation baganiriye ku guhanga imirimo n’iterambere ry’urubyiruko

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa 25 Kamena 2026, yakiriye intumwa za (…)

Taylor Swift na Travis Kelce bagiye gukora ubukwe buzafungisha imihanda i New York

Ubuyobozi bw’Umujyi wa New York bwatangaje ko hari imihanda imwe n’imwe izafungwa mu rwego rwo (…)

Umukobwa yabenzwe amasaha make mbere y’ubukwe nyuma yo kuvumburwa ko yamaze igihe abeshya umukunzi we

Ubukwe bw’umukobwa wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Gashanda bwahagaze ku munota wa nyuma, (…)

Kenya: Abantu 355 batawe muri yombi mu myigaragambyo ya Gen Z

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu muri Kenya, Kipchumba Murkomen, yavuze ko abantu 355 batawe (…)

Uwakomerekejwe cyane n’amasezerano hagati ya Iran na Amerika ni Netanyahu.

Ibiro ntaramakuru bya Reuters bivuga ko abasesenguzi ndetse n’abahoze ari abayobozi ba Leta (…)

Huye: Umugabo yasanzwe mu mugozi nyuma yo gutera umugore we icyuma

Umugabo w’imyaka 48 wo mu Karere ka Huye yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi mu gihe umugore we (…)

U Rwanda rukomeje gukorana n’imiryango ishora imari mu iterambere rirambye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye abayobozi bakuru b’umuryango (…)

Jeanne Crauser yasezeye ku nshingano zo guhagararira Luxembourg mu Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yakiriye (…)

Polisi Yafatiye i Bungwe Umusore Ufite Ibiro 100 by’Urumogi

Polisi ikorera mu Karere ka Burera yataye muri yombi umusore wari utwaye ibiro 100 by’urumogi (…)

Kenya: Abanyeshuri Bakekwaho Guteza Inkongi Yahitanye 16 Bagiye Gukurikiranwa ku Byaha by’Ubwicanyi

Umushinjacyaha Mukuru wa Kenya (DPP) yemeje ko abanyeshuri bakekwaho uruhare mu nkongi y’umuriro (…)

Niger yatangiye ku mugaragaro inzira yo kuva muri ICC

Leta ya Niger yashyikirije ku mugaragaro Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC) inyandiko (…)

Amerika yohereje muri DRC umuti wa Ebola ukiri mu igerageza

Amerika yatanze doze z’umuti ukiri mu igerageza w’ubwirinzi bw’umubiri w’uruganda Mapp (…)

Minisitiri w’Ubuzima wa Kenya Aden Duale arasaba imbabazi urukiko ku gusuzugura icyemezo cyo guhagarika umushinga w’ikigo cya Ebola

Minisitiri w’Ubuzima muri Kenya, Aden Duale, yasabye imbabazi urukiko rw’ikirenga nyuma yo (…)