skol
fortebet

Amakuru

ONU ivuga ko ikiza cya Ebola gishobora gutwara Afurika agera kuri miliyari $3.6

Umuryango w’Abibumbye (UN) watangaje kuri uyu wa kabiri ko ikiza cya Ebola gishobora gutwara (…)

Nigeria: Abashimusi bateye ishuri, bajyana abanyeshuri bari mu bizamini

Abanyeshuri bari mu bizamini bya Leta mu ishuri ryisumbuye ryo mu ntara ya Borno, mu majyaruguru (…)

Umutekano wakajijwe muri Afurika y’Epfo mbere y’imyigaragambyo irwanya abimukira

Abapolisi n’abashinzwe umutekano bo mu bigo byigenga bashyizwe ahantu hatandukanye muri Afurika (…)

Ibikorwa bya Gen Muhoozi byatumye Sena ya Amerika isaba guhagarika ubufatanye na Uganda

Perezida wa Komisiyo ya Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (…)

FAA yatangiye iperereza ku ndege ya JetBlue bikekwa ko yagonganye na drone

Urwego rushinzwe kugenzura iby’indege muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FAA) rwatangaje ko (…)

Impunzi zo mu Bwongereza zigiye kujya zisabwa kwishyura agera kuri miliyoni 19FRW hashingiwe ku mategeko mashya

Leta y’Ubwongereza yatangaje ko abantu bahawe ubuhungiro bazajya basabwa kwishyura amafaranga (…)

Afurika y’Epfo: Perezida Ramaphosa yaburiye abigaragambya bamagana abimukira kubikora mu mahoro

Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yavuze ko abantu bateganya kwigaragambya bamagana (…)

Kagarara yahuriye na Ashton Hall muri Ghana, amurusha imbaraga muri Pompage

Enock Uwizeye, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Kagarara, yahuriye muri Ghana (…)

Amerika na Iran byongeye kumvikana ku gahenge, ibiganiro birakomereza i Doha

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran byongeye kumvikana guhagarika imirwano by’agateganyo ndetse (…)

Abarenga 1,300 bamaze kwitaba Imana bazize ubushyuhe bukabije mu Burayi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko ubushyuhe bukabije bukomeje (…)

Urugendo rutangaje rwa ACP Kuradupagase Uwari umukomando ukomeye wa FDLR

ACP Augustin Kuradupagase wahoze mu Ngabo za Leta ya Habyarimana Juvenal yasobanuye ko ubwo (…)

Gen. Muhoozi yashyize mu bikorwa ibyo yari yavuze, afunga ibitangazamakuru bikomeye muri Uganda

Nyuma y’iminsi mike Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, atangaje ko (…)

Loni ihangayikishijwe n’ikwirakwira rya Ebola mu Burasirazuba bwa RDC

Umuryango w’Abibumbye watangaje impungenge ziterwa n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola mu (…)

Tanzaniya yahagaritse inama zateguwe n’amashyaka mu gihugo hose

Tanzaniya yahagaritse Inama za politike mu gihugu hose kugeza igihe hazatangarizwa indi (…)

RDC: Ebola ikomeje kwiyongera, abarenga 300 bamaze guhitanwa n’icyorezo

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko icyorezo cya (…)