Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko uhatanira kuyobora u Rwanda, yavuze ko mu gihe cyose amaze mu bikorwa byo kwiyamamaza yabonye umutekano usesuye.
Mpayimana usanzwe ari umukandida wigenda...
Ndikumana Hamad uzwi nka Katauti umutoza wungirije muri Rayon Sports yahishuye ko atari ubwa mbere we na Karekezi Olivier umutoza mukuru wa Rayon Sports bifuje gukorana kuko bombi mbere yo...
Abasirikare 12 bo mu gihugu cya Uganda baherutse kwicwa n’umutwe wa Al Shabab, imirambo yabo yagejejwe mu gihugu kuri uyu wa Gatatu ku isaha ya samunani n’iminota mirongo ine.
Aba basirikare uko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Kanama mu bihugu bitandukanye by’ amahanga Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda.
Abanyarwanda baba mu Bushinwa batoreye...
Barafinda Sekikubo Fred wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida ariko ikaba itaremewe aravuga ko abakandida batatu biyamamarije kuyobora u Rwanda bataryohereje Abanyarwanda mu bikorwa...