skol
fortebet

Amakuru

U Buhinde: Abanyarwanda bizihije Umunsi w’Intwari

Ambasade y’u Rwanda mu Buhinde, Bangladesh, Sri Lanka, Nepal na Maldives ifatanyije (…)

Irlande yicuza kuba itarashyizeho gahunda yo kurwanya abimukira nk’iy’u Rwanda n’u Bwongereza

Linda de Courcy uri mu banyapolitiki bakomeye mu ishyaka ryitwa Independent Ireland Party (…)

EU yibukije Leta ya RDC ko igomba gusenya FDLR

Intumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu karere k’Ibiyaga Bigari, Johan (…)

Senateri Mureshyankwano: Ibintu bitatu byatumye akunda Inkotanyi bihebuje

Senateri Mureshyankwano Marie Rose yavuze ko hari ibintu bitatu by’ingenzi bituma akunda (…)

Abapolisi n’Ingabo z’u Rwanda berekanye ubuhanga muri ‘UAE SWAT Challenge’

Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye amarushanwa y’abashinzwe umutekano bihariye mu (…)

Mu kwizihiza umunsi w’Intwari, Abanyarwanda batuye muri Sénégal banakoze umuganda

Abanyarwanda batuye muri Sénégal, bizihije umunsi w’Intwari, bakorera n’umuganda ahubatse (…)

CHUB yakiriye imashini za mbere zipima indwara zo mu mubiri

Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), Dr Ngarambe Christian, yavuze ko ibi (…)

Umunyarwenya Burikantu ari mu byishimo byo kugura Mercedes Benz nshya

Umunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka “Burikantu”, ari mu byishimo byo kugura imodoka (…)

Amb. Nkurunziza yasabye abiga muri ILPD kugira uruhare mu kwigenga kwa Afurika

Ambasaderi Nkurunziza Williams, wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu bitandukanye i Burayi, (…)

Turikiya: U Rwanda rwahembwe nk’igihugu cyahize ibindi mu kumurika ubukerarugendo

U Rwanda rwegukanye umwanya wa mbere n’igihembo gishimangira ko ari rwo rwahize ibihugu (…)

Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bitabiriye amarushanwa y’ubumenyi bwihariye mu birimo kurasa

Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bongeye kwitabira amarushanwa rya UAE SWAT Challenge riri (…)

Ese gukundana kw’abakozi babiri bakorana hari icyo bitwaye? Ababibuzanya babiterwa n’iki?

Abantu bamara igihe kinini ku kazi, kenshi kurusha igihe bamara mu rugo. Ibi bituma ibisanzwe (…)

Arsenal yanditse amateka yaherukaga mu 2004

Ikipe ya Arsenal iyoboye Shampiyona y’u Bwongereza yanditse amateka mashya yo kugira amanota (…)

Intandaro y’uburezi bw’u Rwanda yo kuba umusingi w’iterambere

Mu myaka 32 ishize, uburezi mu Rwanda bwagaragaje impinduka mu buryo bufatika, ku buryo kubona (…)

Byukusenge Patrick yegukanye isiganwa ribanziriza ‘Tour du Rwanda 2026’

Byukusenge Patrick w’Ikipe y’Igihugu (Team Rwanda), yegukanye isiganwa ryihariye ryiswe ‘Amahoro (…)