skol
fortebet

Amakuru

Ni agahomamunwa - Senateri Evode Uwizeyimana ku kiganiro cya Agathe Kanziga

Senateri Evode Uwizeyimana yagaragaje ko ikiganiro giheruka gutambutswa ku muyoboro wa YouTube (…)

Abanyamategeko bashaka guhagarika amasezerano ya RDC na Amerika ku mabuye y’agaciro

Abanyamategeko b’Abanye-Congo n’abahagarariye imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu (…)

Nyamasheke: 12 barimo abataye ishuri bakishora mu bujura batawe muri yombi

Abantu 12 barimo abana 6 bataye ishuri n’abasore n’inkumi bandi 6 batagira ibibaranga bakekwaho (…)

U Rwanda rwahembwe nk’igihugu cyahize ibindi ku Isi mu kunoza serivisi za leta

Guverinoma y’u Rwanda yahawe igihembo nka kimwe mu bihugu byahize ibindi ku Isi mu kwegereza no (…)

Bizafata igihe - Boulos ku mahoro yo mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Umujyanama wihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, (…)

Yafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame: Ubuhamya bwa Dr. Abimana wahohotewe na FARDC

Iyo uganiriye n’Abanyarwanda bagendaga Umujyi wa Goma ukigenzurwa n’Ingabo za Leta ya Repubulika (…)

Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bishe abarenga 160 banatwika inzu

Abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari ab’imitwe y’iterabwoba bishe abantu 162, banatwika inzu (…)

Musanze:Umugore yatwikishije umwana we ipasi ku kibuno amuziza gutaha atinze

Umwana w’imyaka 11 wiga ku Kigo cya Notre Dame de Fatima giherereye mu Kagari ka Mpenge mu (…)

U Rwanda na Brazil bemeranyije ubufatanye mu ishoramari n’ubucuruzi

U Rwanda na Brazil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari n’ubucuruzi agamije guteza (…)

Gutwika ni ukwica, si ibirori…- Minisitiri Bizimana yakebuye urubyiruko ruharaye ijambo ‘gutwika’

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène (…)

Sudan: Umujyi wa Kadugli wongeye kugenzurwa n’ingabo za Leta nyuma y’imirwano ikomeye

Ingabo za Leta ya Sudan zatangaje ko zisubije umujyi wa Kadugli, umurwa mukuru w’intara ya (…)

Perezida Salva Kiir yahaye inshingano umaze imyaka itanu apfuye

u wa 30 Mutarama 2026, Muri Sudani y’Epfo hasohotse iteka rya perezida, rishyira mu mwanya (…)

Obasanjo yasabye ko ibibazo byo muri RDC bikemurwa guhera mu mizi ya kera

Olusegun Obasanjo uri mu bahuza bashyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kugira ngo (…)

AFC/M23 yemeje ko yagabye igitero i Kisangani

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, yemeye kugabanya imisoro isoresha (…)