skol
fortebet

Amakuru

AFC/M23 yinjiye Umujyi wa Uvira, ukurikira uwa Bukavu

Inyeshyamba za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zaraye (…)

Mu basirikare ba Afurika y’Epfo 27% ni bo bafite ubuzima buzira umuze bubemerera gukora akazi

Byahishuwe ko Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zifite ikibazo gikomeye cy’ubuzima n’ubushobozi (…)

Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Mertin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga (…)

Alassane Ouattara warahiye yashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yahuye na Perezida wa Côte d’Ivoire, (…)

Amasezerano ni intambwe ikomeye – Perezida Kagame aganira na Al Jazeera

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika (…)

Tshisekedi ni we wasabye ko duhurira i Doha na Washington- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahishuye ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Ibihugu by’i Burayi biri ’gushyirwaho igitutu’ ngo byakire Kabuga

Ubushinjacyaha bw’Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko (…)

Amb. Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Eritrea impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda

Ambasaderi Ernest Rwamucyo, yashyikirije Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki impapuro zimwerera (…)

Gufungwa ntibikuraho kuba umuntu – Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yahumurije abagororwa

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) yagaragaje ko kuba umuntu yagonganye n’amategeko (…)

Umwana w’Umwami Musinga wari usigaye yashyinguwe mu Rwanda hamwe n’umugabo we [AMAFOTO]

Igikomangoma Spéciose Bideri Mukabayojo, akaba umwana w’Umwami Yuhi Musinga wayoboye u Rwanda mu (…)

Kuki Akarere ka Kayonza kahawe abayobozi b’agateganyo babiri?

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana yatangaje ko bahisemo gushyiraho (…)

Akarere ka Kayonza kabonye abayobozi bashya b’agateganyo

Hategekimana Fred wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyagatare, yagizwe Umuyobozi (…)

Mathieu Flamini wanyuzwe n’u Rwanda, yahishuye icyo ibindi bihugu byarwigiraho

Umunyabigwi w’Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Mathieu Flamini, yatangaje ko yishimiye ibihe (…)

Nta nkunga izongera guhabwa Afurika: Ibyo wamenya kuri gahunda nshya ya Amerika y’uburyo igiye kubanira Isi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho gahunda nshya y’uburyo igiye kujya ibana n’ibindi bihugu (…)

Nyamasheke: Abantu 88% bajyanwa muri ‘transit center’ baba bakekwaho ubujura

Imibare igaragaza ko abafungirwa muri Gataka Transit Center’ iherereye mu Karere ka Nyamasheke, (…)