skol
fortebet

Amakuru

Afurika y’Epfo: Abashinwa bahamijwe ibyaha 158 birimo gukoresha abakozi imirimo y’agahato

Abashinwa barindwi bacuruje abanya-Malawi ndetse bakanabakoreshwa imirimo y’agahato muri Afurika (…)

Komisiyo ya EU yasabye amavugurura ku burenganzira buhabwa ibihugu binyamuryango

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula von der Leyen, yasabye ko (…)

Nyuma y’u Rwanda hari ikindi Gihugu cyemeje ko cyakiriye abimukira birukanywe muri America

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yemeje ko iki Gihugu cyakiriye abantu 14 birukanywe na (…)

Perezida Trump yashenguwe n’urupfu rw’inshuti ye yishwe irashwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagaragaje akababaro atewe n’urupfu (…)

Intasi za Israel zashinjwe ko zari zikizi: Imyaka 24 irashize Amerika igabweho igitero simusiga

Umunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Carlson Tucker, yatangaje ko ari mu myiteguro (…)

Abandi Banyarwanda barenga 280 babaga muri RDC batashye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNCHR) ryacyuye abandi Banyarwanda 284 babaga (…)

Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC

Hagaragajwe amashusho ya bimwe mu bikorwa bihonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu (…)

Karongi: Umusore akurikiranyweho gutwika 2500Frw

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gashari mu Karere ka Karongi, hafungiye Niyomwungeri Eric w’imyaka 21, (…)

Filip Reyntjens: umwanzi wahagurukiye u Rwanda nyuma yo kubengwa n’umunyarwandakazi

Filip Reyntjens, Umubiligi u Burayi bufata nk’inararibonye kuri Afurika y’Ibiyaga bigari, (…)

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gushinja u Rwanda gukorera jenoside muri RDC ari ’ubucucu’

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko (…)

Urumogi ruteza ibirimo gukuramo inda n’ubugumba ku mugore utwite – ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya ku ikoreshwa ry’urumogi ruzwi nka ‘marijuana’ mu bagore batwite, (…)

Abanya-Ethiopia binjiye mu mwaka wa 2018, Kuki Indangaminsi yabo yihariye?

Kuri uyu wa Kane tariki 11 Nzeri 2025, Abanya-Ethiopia bari mu byishimo byo gutangira umwaka (…)

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Gare ya Nyanza ya Kicukiro izimurirwa i Rebero

Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare (2025 UCI Road World (…)

Charlie Kirk wari umunywanyi wa Trump yishwe arashwe

Umunyamerika wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze (…)

Kayishema yasabye ko icyemezo cyimurira urubanza rwe mu Rwanda gikurwaho

Kayishema Fulgence aherutse gusaba urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira (…)