skol
fortebet

Amakuru

U Rwanda na Tanzania byiyemeje gukemura ibibazo byo ku mupaka

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Tanzania byatangiye urugendo rwo kurushaho kongerera imbaraga (…)

Israel yongeye kurasa kuri Iran, iburira abaturage bayo

Israel yongeye kugaba igitero mu Mujyi wa Tehran ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kamena 2025 (…)

RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka (…)

Amerika: Hadutse imyigaragambyo yo kwamagana igitugu cya Trump

Ababarirwa mu bihumbi bahuriye mu mihanda yo mu mijyi itandukanye ya Leta Zunze Ubumwe za (…)

Ukraine yigambye gusubiza inyuma Ingabo z’u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yigambye ko Ingabo z’igihugu cye zasubije inyuma Ingabo (…)

Igihe kirageze ngo twohereze abogezabutumwa mu bindi bihugu - Antoine Cardinal Kambanda

Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu (…)

Israel yarashe ibigega bya peteroli, Iran irasa Tel Aviv na Haifa

Intambara ikomeje guhindura isura hagati ya Israel na Iran aho mu ijoro ryakeye, Israel yagabye (…)

Vincent Mfura ukekwaho uruhare muri Jenoside yafatiwe muri Amerika

Urwego rw’Abinjira n’Abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwataye muri yombi undi (…)

RDC: Imirambo 80 y’abapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri Equateur imaze kuboneka

Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ikorera mu Ntara ya Equateur muri Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda ari igihugu cyorohereza abashaka gushora imari

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje icyizere (…)

Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka 14

mugabo wo mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Kimonyi witwa Karekezi Olivier yatawe muri yombi (…)

Bus itwara abagenzi yakoreye impanuka muri Gare i Nyabugogo

Imodoka itwara abagenzi yagonze inyubako ikatirwamo amatike muri Gare ya Nyabugogo, ahakorera (…)

Turahirwa Moses yaregewe urukiko mu mizi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge, bwaregeye Urukiko Rwisumbuye dosiye ya (…)

U Burusiya bwahaye Ukraine imirambo irenga 1000 y’abasirikare baguye ku rugamba

U Burusiya bwahaye Ukraine imirambo 1 200 y’abasirikare bayo baguye ku rugamba mu gikorwa cyo (…)

RDC yashatse kongera gukomanyiriza u Rwanda muri RECSA ntibyayihira

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Igihugu cya Repubulika Iharanira (…)