skol
fortebet

Amakuru

U Rwanda rugiye kubaka amashuri 15 y’icyitegererezo

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), Eng (…)

AFC/M23 yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyiza na Kabila

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Trump yagiriye inama Macron uherutse gukubitwa urushyi n’umugore we

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiriye inama Perezida Emmanuel Macron (…)

Amavubi yerekeje muri Algeria

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yerekeje muri Algeria, aho yagiye gukina imikino ya gicuti (…)

Dukumire icyo ari cyose cyatuma umwana ava mu muryango we – MIGEPROF

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, MIGEPROF, yasabye Abanyarwanda gukumira (…)

AFC/M23 yemeje ko abantu barenga 870 bapfiriye mu rugamba rwo gufata Goma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Amerika yirukanye Abahinde barenga 1 000

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Buhinde yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze (…)

Museveni yasobanuye ubufasha Mobutu yahaye Habyarimana n’intagondwa z’Abahutu

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagaragaje ko iyo Mobutu Sese Seko wayoboye Repubulika (…)

Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa nyuma yo kwitakana Minisitiri w’Intebe

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa (…)

Umugabo wagambiriye kwica Trump yatawe muri yombi

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwataye muri yombi (…)

Huye: Abamotari basabwa kubungabunga ubuzima bw’abagenzi

Abatwara abagenzi kuri moto barashishikarizwa gukoresha kasike zujuje ubuziranenge zikingira (…)

Abasirikare babiri b’u Rwanda bapfiriye muri Centrafrique mu 2024 bahawe imidali na Loni

Umuryango w’Abibumbye watanze imidali y’icyubahiro ku basirikare n’abapolisi baguye mu butumwa (…)

Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi [Council of (…)

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzaniya zaganiriye ku kwimakaza umutekano ku mipaka

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzaniya (TPDF) zahuriye mu nama ya 12 yitwa Proximity (…)

Abasirikare barinda Tshisekedi barahiriye kurwanya Kabila

Abasirikare bo mu mutwe w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirinda Perezida (…)