skol
fortebet

Amakuru

MINEDUC yatangaje itariki igihembwe cya kabiri kizatangiriraho

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye (…)

Kigali: Inzu icururizwamo amapine yafashwe n’ inkongi

Inzu ikorerwamo ubucuruzi bw’amapine iherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati munsi ya gare nshya, (…)

Umugore wa Kenyatta yemeye gutera inkunga umushinga wa Nyirakuru wa Obama

Madamu Margaret Kenyatta Umufasha w’umukuru w’igihugu cya Kenya Uhuru Kenyatta yahuye Mama Sarah (…)

Minisitiri w’ intebe Murekezi yahagaritse ibikorwa by’ amasengesho ahakorerwa akazi ka Leta

Minisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi yahagaritse ibikorwa by’amasengesho mu nyubako (…)

Dore uko byari byifashe mu Bubiligi ubwo Abanyarwanda batuyeyo bibukaga kunshuro ya 23 Jenosede yakorewe abatutsi. [Amafoto]

Ubwo Hatangizwa kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango uharanira inyungu (…)

Abatavugarumwe na Sudani y’Epfo bakozanyijeho 16 bahasiga ubuzima

Abatavugarumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo bashyigikiye Reik Machar bakozanyijeho maze (…)

Amerika mu rugamba rwo guhirika guverinoma ya Syria na Islamic State

Nikki Haley Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri Loni aravuga ko guverinoma ya Syria (…)

Ingabo za Kenya zivuganye bamwe mu barwanyi bakuru ba Al Shabaab ubwo bari babagabyeho igitero.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Mata, abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero (…)

Huye: Senateri Karangwa Chrisologue yasabye abaturage gukomera ku bumwe bwabo

Senateri Karangwa Chrisologue wifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye, yabahamagariye (…)

Amahanga yasubije u Rwanda kuri 5% gusa ku baregwa Jenoside acumbikiye

Prof Shyaka Anastase uyobora urwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu gutangiza kwibuka ku nshuro ya (…)

Perezida Kagame na madamu, na Moussa Faki mu bitabiriye urugendo n’ ijoro byo Kwibuka 23

Perezida Kagame na Madamu bari kumwe n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze (…)

Nyarugenge: Akarere katangirije i Mageragere icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 23 jenoside yakorewe abatutsi: amafoto

Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru (…)

Kwibuka23: Nyuma y’imyaka 5 batibukira ku Rwibutso rwo mu Bubiligi bongeye Kwibuka [Amafoto]

Nyuma y’imyaka itanu batahibukira kubera ko hari harashyizwe ikirango kidasobanura neza amateka (…)

Dr Binagwaho yagizwe Umuyobozi muri Kaminuza mpuzamahanga y’ ubuzima ikorera mu Rwanda

Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima, yagizwe umuyobozi mukuru wungirije wa kaminuza (…)

Kigali: Abakurikiranyweho iterabwoba bongeye kugezwa imbere y’ urukiko havuka impaka

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Mata 2017, abantu 50 bakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba mu (…)