Minisiteri y’Intambara ya Amerika ishobora kohereza abasirikare bo muri Airborne Division mu Burasirazuba bwo Hagati nubwo Trump avuga ko hashobora kubaho ibiganiro by’amahoro.
Abayobozi babiri bo muri Amerika babwiye Reuters ko hateganywa koherezwa ingabo nyinshi ariko ntihasobanuwe agace zizajyamo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Magingo aya abasirikare bari mu gace ka Fort Bragg muri Leta ya Calorina.
Umutangamakuru yavuze ko nta cyemezo cyari cyafatwa cyo kohereza ingabo muri Iran, ariko bashobora kwifashishwa mu bitero bishobora kugabwa kuri Iran mu gihe kizaza.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *