Mu gihe CEDEAO yananirwa kumvikana n’ibihugu birimo Burkina Faso, Mali na Niger, bizava muri uwo muryango bitarenze Nyakanga 2025. Bamwe babibona nk’ikibazo gikomeye ku muryango wafatwaga nk’ishingiro ryo kwihuza kw’ibihugu bya Afurika.
Ukutumvikana hagati y’ibihugu byombi gufite imizi mu mateka maremare ari gukolonizwa n’u Bufaransa, gusa ubwo CEDEAO yateguraga ingabo zo gutera Niger kugira ngo hasubizweho ubuyobozi bwa Mohamed Bazoum, ibintu byarushijeho kugana habi.
Ese birashoboka ko uyu mubano wakongera ukaba muzima? Birashoboka se ko ibindi bihugu bishobora kwikura muri CEDEAO? Ubundi se ibi byose bisobanuye iki ku kwihuza kwa Afurika?
Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi usobanukirwe byinshi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *