skol
fortebet

Goma:hatangiye imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi iyobowe na SAMIDRC

author-image

Yanditswe na: ISHIMWE Jean de Dieu
Kuwa: Sunday 20, Oct 2024

Goma:hatangiye imyitozo y'ingabo zirwanira mu mazi iyobowe na SAMIDRC

Sponsored Ad

skol

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru Gen.Maj Diakopu ukuriye ubutumwa bw’ingabo z’Afurika y’epfo yavuze ko iki gikorwa kigamije guha FARDC ubumenyi bwo gutabara ndetse no kuba bafasha abahuye n’impanuka mu mazi y’ikiyaga cya kivu.
Gen.Maj Diakopu yatanze urugero rw’uburyo habaye ubufatanye hagati ya SAMIDRC na FARDC ubw habaga isanganya mu Kiyaga cya kivu yahitanye abarenga 100,uyu Muyobozi avuga ko SAMIDRC yafatanyije na FARDC mu gutabara abari mu byago.
Iyi myitozo izamara igihe (…)

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru Gen.Maj Diakopu ukuriye ubutumwa bw’ingabo z’Afurika y’epfo yavuze ko iki gikorwa kigamije guha FARDC ubumenyi bwo gutabara ndetse no kuba bafasha abahuye n’impanuka mu mazi y’ikiyaga cya kivu.

Gen.Maj Diakopu yatanze urugero rw’uburyo habaye ubufatanye hagati ya SAMIDRC na FARDC ubw habaga isanganya mu Kiyaga cya kivu yahitanye abarenga 100,uyu Muyobozi avuga ko SAMIDRC yafatanyije na FARDC mu gutabara abari mu byago.

Iyi myitozo izamara igihe cy’ukwezi ikazakorerwa mu kiyaga cya Kivu,aho yitabiriwe n’abasilikare ba FARDC barenga 50 .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa