skol

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad

Yanditswe: Wednesday 11, Dec 2024

featured-image

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu by’ubufatanye yari hagati y’ibihugu byombi.

Tariki 28 Ugushyingo nibwo Tchad yikuye mu masezerano mu by’umutekano n’u Bufaransa, icyo gihugu gitangaza ko atari akijyanye n’igihe kandi ko gishaka gufata ikindi cyerekezo.

RFI yatangaje ko guhera kuri uyu wa Kabiri indege za mbere z’intambara ebyiri zo mu bwoko bwa 2000D ndetse n’indege itwara imizigo ya gisirikare zahagurutse muri Tchad zerekeza mu Bufaransa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa