
Mu murima w’umukecuru w’imyaka 70 y’amavuko wo mu Murenge wa Rwabicuma mu Kerere ka Nyanza, habonetse imbunda.
Kuri uyu wa Mbere tariki 27 Gicurasi 2025, nibwo iyi mbunda yabonetse mu murima uri mu Mudugudu wa Karambo.
Amakuru aturuka mu Kerere ka Nyanza, avuga ko iyi mbunda yabonywe n’umugabo wari urimo guhinga mu murima.
Abaturage bavuga ko uyu murima wari umaze igihe kinini udahingwamo.
Meya w’Akarere ka Nyanza, Patrick Kajyambere, nawe yemeje ko aya makuru bayamenye bagendeye ku makuru bahawe n’abaturage.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *