skol

Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa

Yanditswe: Wednesday 23, Oct 2024

featured-image

Perezida Paul Kagame uri i Apia ho mu gihugu cya Samoa, yizihirije isabukuru y’amavuko y’imyaka 67 yizihije kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Ukwakira.

I Apia Umukuru w’Igihugu yahitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma z’ibihugu bihuriye mu muryango w’ibikoresha ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth.

Kuri uyu wa Gatatu abayobozi baherekeje Umukuru w’Igihugu bifatanyije na we mu kwizihiza imyaka 67 amaze avutse

Abifatanyije na we barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, Dr Gasore Jimmy w’ibikorwa remezo, Amba. Johnston Busingye uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza, n’abandi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa