skol
fortebet

Mu mahanga

Grok ya Musk ikomeje kwibazwaho nyuma yo gutanga ibisubizo bihembera urwango

Porogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ya Elon Musk, izwi nka Grok ikomeje kwibazwaho (…)

Trump yatunguwe n’Icyongereza cyiza cya Perezida wa Liberia

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatunguwe no gusanga mugenzi we wa (…)

Hakoreshejwe miliyari 12 Frw mu kubakira imiryango yasenyewe n’ibiza

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi itangaza ko imiryango 2,600 yari yarasenyewe n’ibiza (…)

Kinshasa: Abofisiye babiri bakorana bya hafi na Gen Tshiwewe batawe muri yombi

Inzego z’umutekano zirimo urushinzwe iperereza mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Ukraine yagabweho igitero cya drones zirenga 700 na misile

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwagabye ku mijyi itandukanye (…)

RDC: Umushumba wa Kiliziya Gatolika yahaye Corneille Nangaa umugisha

Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Musenyeri (…)

Abatega indege muri Amerika ntibazongera gukuzwamo inkweto basakwa

Itegeko ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryasabaga abagenzi ku kibuga cy’indege gukuramo (…)

Kinshasa: Abantu 78 bamaze kwicwa na Cholera

Minisitiri w’Ubuzima mu ntara ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Trump yemeye ko gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine bigoranye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeye ko gushakira umuti intambara ya (…)

Abasirikare n’intwaro, imari n’ubutaka: Igihombo cya RDC mu rugamba ihanganyemo na AFC/M23

Mu mpera za 2021, umutwe witwaje intwaro wa M23 wari umaze imyaka umunani usinziriye wongeye (…)

Perezida wa Brésil yabwiye Trump ko atayobora Isi

Perezida wa Brésil, Inacio Lula da Silva, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko ikwiriye (…)

Général w’u Burusiya afungiwe kunyereza umutungo

Urwego rw’u Burusiya rushinzwe iperereza rwataye muri yombi Colonel Général Viktor Strigunov (…)

Trump yemeje ko Amerika izakomeza guha Ukraine intwaro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kizakomeza (…)

Loni ishimangira ko abarwanyi ba FDLR biyongereye

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zishimangira ko abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera (…)

Netanyahu agiye gusura Amerika nyuma y’intambara ya Israel na Iran

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiye guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe (…)